Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Igihangange Manny Pacquiao Agiye Kugaruka Mu Iteramakofe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Igihangange Manny Pacquiao Agiye Kugaruka Mu Iteramakofe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 May 2025 12:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Manny Pacquiao
SHARE

Uyu mugabo ukomoka muri Phillppines wari umaze imyaka imyaka irenga itanu adakina iteramakofe yatangaje ko agiye kugaruka muri uyu mukino.

Biteganyijwe ko tariki 19, Nyakanga, 2025 azakina umukino n’undi mukinnyi witwa Mario Barrios uri mu bakomeye muri uyu mukino.

Ku mbuga nkoranyambaga, Manny Pacquiao yanditse ati: “Ubu ndagarutse”.

Uyu mugabo w’imyaka 46 y’amavuko yaherukaga mu kibuga arwana mu mwaka wa 2015, hari tariki 02, Gicurasi ubwo yakinaga umukino wari utegerejwe n’amahanga yatsindiwemo na Floyd Joy Mayweather Jr.

Umukino azakina muri Nyakanga, 2025 uzabera ahitwa MGM Grand i Las Vegas muri Leta ya Nevada, USA.

Pacquiao asanzwe ari Senateri, akaba ari we wa mbere ku isi watwaye imidali umunani kandi akaba ari we watwaye iyo midali kandi akuze kurusha abandi, afite hejuru y’imyaka 40.

Mu mwaka wa 2021 yari yatangaje ko asezeye iby’uyu mukino.

Uwo bazarwana muri Nyakanga, 2025 ni Umunya Mexique nawe uri mu bakomeye muri uyu mukino ariko utaragera ku rwego rw’abaremeye kurusha abandi.

TAGGED:AmerikaIteramakofePhilippinesUmukinnyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abatuye Umujyi Wa Kigali Bari Mu Bibasiwe Na Malaria
Next Article Martin Ngoga Yabaye Ambasaderi W’u Rwanda Muri UN
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abagendera Muri Rwandair Bazajya Bareberamo ‘Filimi Nyarwanda’

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Tigers BBC Yatwaye Bwa Mbere Igikombe Cya Rwanda Cup

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Ntishaka Umusirikare Wayo Ubyibushye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Trump Avuga Ko Netanyahu Yemeye Umugambi We Wo Kurangiza Intambara Na Hamas

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Pyramids FC Yazanye Abakinnyi Bakomeye Bo Gutsinda APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?