Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Igitero Cya Mbere Cya Amerika Ku Ngoma Ya Biden, Bamwitege!
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Igitero Cya Mbere Cya Amerika Ku Ngoma Ya Biden, Bamwitege!

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 February 2021 10:45 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gihe kitageze ku mezi atatu ageze ku butegetsi bwa Leta zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yategetse ingabo ze kugaba igitero cyaguyemo abarwanyi USA ivuga ko bashyigikiwe na Iran ariko basanzwe bakorera muri Syria.

Aba barwanyi bari bamaze igihe gito barashe ku nyungu za USA n’Abanyaburayi bafatanyije muri OTAN/NATO ziri muri Irak.

Byarakaje ubutegetsi bwa Joe Biden bituma buhitamo gufata icyemezo cyo kurasa ku nyubako n’ibindi bikorwa remezo bya bariya barwanyi biherereye mu Majyaruguru y’i Burasirazuba bwa Syria hafi y’Umupaka na Irak.

Umuvugizi wungirije wa Minisiteri y’Ingabo za USA Bwana John Kirby avuga ko bagabye kiriya gitero kugira ngo birengere kandi bahe gasopo  bariya barwanyi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bariya barwanyi bari baherutse kurasa kandi no kuri Ambasade ya USA i Bagdad.

Icyo gihe hari abasirikare babiri bahaguye.

Le Parisien yanditse ko igitero cya USA muri Syria cyahitanye abarwanyi 17.

Igitero bya USA kuri bariya barwanyi cyasenye amakamyo atatu arimo intwaro zari zijyanywe muri Irak zivuye muri Syria.

Biden atangiranye umuriro mwinshi ku banzi ba USA
TAGGED:featuredIgiteroNATOUSA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article 🔴 Miss Rwanda 2021 : Abakobwa 37 bagomba guhagararira Intara nUmujyi wa Kigali muri MissRwanda
Next Article Ingengabihe Y’Amashuri Mu Rwanda Yasubiwemo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?