Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikibuga cy’Indege cya Kigali Cyahawe Icyemezo Cyo Kwita Ku Buzima Bw’Abagikoresha
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ikibuga cy’Indege cya Kigali Cyahawe Icyemezo Cyo Kwita Ku Buzima Bw’Abagikoresha

Last updated: 26 November 2021 4:59 pm
Share
SHARE

Inama mpuzamahanga y’ibibuga by’indege (ACI) yahaye Ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali icyemezo gihamya ko giha agaciro ubuzima bw’abagikoreraho, abagenzi bagikoresha n’abagisura.

Ni icyemezo cyatanzwe nyuma y’isuzuma rikorwa muri gahunda yiswe ACI Health Accreditation. Ni icyemezo gifite agaciro gakomeye bijyanye n’ibihe bigoye mu by’ubuzima kubera icyorezo cya COVID-19.

Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe Ibibuga by’Indege mu Rwanda, bwatangaje ko “Iki cyemezo gishimangira ko Ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali cyita cyane ku buzima bw’abakora ku kibuga cy’indege, abagenzi n’abagisura.”

Guhabwa icyo cyemezo ngo byatewe n’uburyo iki kigo cyitaye ku kubahiriza amabwiriza atangwa na ACI, amabwiriza ajyanye no gusubukura ibikorwa muri ibi bihe by’icyorezo cya COVID-19 n’andi agenda atangwa n’Ikigo mpuzamahanga gishinzwe iby’indege za Gisivili, ICAO.

Mu mabwiriza yubahirizwa ku Kibuga cy’Indege cya Kigali ni uko abagikoresha baba bapimwe COVID-19, ndetse iyo bakigendaho bapimwa umuriro.

Biteganywa ko iki cyemezo kizageza ku wa 25 Ugushyingo 2020.

Gitangwa ku bibuga by’indege bisaga 400.

Kigali International Airport (KIA) has been reaccredited with the ACI Health Accreditation.
The ACI Health Accreditation program proves that KIA has seriously considered the health of all staff working at the airport, passengers and visitors.

— Rwanda Airports (RAC) (@RwandaAirports) November 26, 2021

TAGGED:COVID-19Ikibuga cy'IndegeKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia Yagaragaye Ayoboye Urugamba
Next Article Ingendo Nyinshi z’Indege Zahagaritswe Kubera Coronavirus Yihinduranyije
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Abanyarwandakazi Bafite Ubumuga Bwo Kutabona Barataka Kubera Ihohoterwa

Umukobwa Wo Mu Ruhango Bamusanze Mu Cyumba Cy’Umusore Yapfuye

RDB Yongereye Amasaha Yo Gufungura Utubari 

DJ Toxxyk Akurikiranyweho Kugonga Umupolisi Agapfa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

M23 Yemeye Kuva Muri Uvira Ariko Igira Ibyo Isaba…

Ruhango: Bakurikiranyweho Kwica Urubozo Uwo Bafitanye Isano

Tshisekedi Arashaka Ubufasha Bwa Gisirikare Bwa Angola

Trump Yeruye Arega BBC Ngo Imwishyure Miliyari $10

Uko Ikibazo Cya Feri Za Spiro Giteye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Ibishanga Bya Kigali Byangizwa N’Ababisukamo Amazi Yanduye- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: Abana Bafite Ubumuga Baracyahishwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rusizi: Hafatiwe Uvugwaho Gusiga Yishe Sewabo Wagaba i Rulindo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abavoka Basaba Ruswa Batokoza Ubutabera- Mukantaganzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?