Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imibare y’ Amavubi ni myinshi nyuma yo kunganya na Djibouti
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Imibare y’ Amavubi ni myinshi nyuma yo kunganya na Djibouti

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 December 2020 3:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ba Kapiteni basuhuzanya mbere y'umukino
SHARE

Kuri uyu wa Gatatu, tariki 16 Ukuboza 2020, i Rubavu hari gukinirwa imikino yo ku munsi wa kabiri w’irushanwa rya CECAFA y’abatarengeje imyaka 17, bahatanira kuzitabira imikino ya nyuma y’igikombe cy’ Africa, Izabera muri Marooc muri Nyakanga 2020.

Mu mukino wa kabiri w’Amavubi warangiye anganyije ubusa ku busa na Djibouti,bituma imibare yo kuzagera muri Kimwe cya kabiri cy’irangiza (1/2) ikomeza kuba myinshi ku mutoza w’ Amavubi y’abatarengeje imyaka 17, Rwasamanzi Yves.

Bitewe n’uko itsinda ririmo amakipe atatu kandi u Rwanda rukaba rwaratsinzwe na Tanzania ibitego bitatu kuri kimwe (3-1) mu mukino wabanje, kugira ngo Amavubi akomeze birasaba ko Tanzania itsinda Djibouti ku kinyuranyo cy’ibitego birenze bibiri.

U Rwanda nirugira amahirwe yo gukomeza mu mikino ya 1/2, rushobora kuzahura n’ ikipe y’igihugu ya Uganda iri ku mwanya wa mbere mu itsinda A.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Iheruka gutsinda  Kenya ibitego bitanu ku busa (5-0).

Ba Kapiteni basuhuzanya mbere y’umukino
Ni umukino wari ushyushye ku mpande zombi
Banganyije biba ikibazo ku Amavubi
TAGGED:AmavubiCECAFAComorosfeaturedKenya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article URI BYOSE
Next Article U Rwanda rwabwiye Umudepite wa USA ko rufite ubutabera bwigenga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?