Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ‘Imiterere N’Imikorere’ Ya Polisi Y’U Burundi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

‘Imiterere N’Imikorere’ Ya Polisi Y’U Burundi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 May 2021 12:03 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku wa Kane tariki 26, Gicurasi, 2021 Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yahuye n’abayobozi bakuru mu Ngabo z’u Burundi. Icyo gihe yari yambaye impuzankano ya gisirikare.

Kuri uyu wa Gatanu, tariki 28, Gicurasi, 2021 yahuye n’abayobozi bakuru ba Polisi y’u Burundi arabaganiriza, abasaba gukomeza umurava bafite mu kazi kabo.

Perezida Evariste Ndayishimiye akaba ari n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Burundi Evariste Ndayishimiye  yai aherutse guhura n’abasirikare bakuru mu ngabo ze baganira uko ibibazo y’umutekano bihagaze mu gihugu cye.

Yabashimiye akazi bakora ariko abasaba gukomereza ho bakubaka igihugu.

Polisi y’u Burundi iteye ite? Ikora Ite?

Polisi y’u Burundi, nk’uko izwi ubu, yashinzwe mu Ukuboza 2004 nyuma y’Amasezerano y’amahoro yasinywe i Arusha.

Insingano zayo zanditse zirimo kwimakaza umutuzo mu mu baturage n’ibyabo kandi ikarwanya ‘abakora iterabwoba.’

Polisi y’u Burundi( Police Nationale Burundaise, PNB) igabanyijemo ibice bitandukanye.

Hari Polisi ishinzwe umutekano w’abaturage ariko ku butaka, iyi yitwa nu Gifaransa: Police de Sécurité Intérieure

Hari kandi Polisi ishinzwe umutekano wo mu Kirere cy’u Burundi iyo bita Police de l’Air.

Polisi y’u Burundi kandi ifite igice gishinzwe kurinda imipaka no kwirinda abanyamahanga bashaka guhungabanya umutekano Police des frontières et des étrangers.

Abapolisi b’u Burundi mu mwaka wa 2015 ubwo bari bahanganye n’abigaragambyaga bamagana indi manda ya Pierre Nkurunziza

Igice cya nyuma cya Polisi y’u Burundi gishinzwe gucunga umutekano mu magereza, iki gice bakita Police Pénitentiaire.

Abapolisi b’u Burundi bose bakoresha imbunda zo mu bwoko bwa AK 47.

Komiseri Mukuru wa Polisi y’u Burundi yitwa  André Ndayambaje.

Perezida Ndayishimiye aherutse kuganiriza abapolisi bakuru
Bamwe mu bapolisi bakuru bamuteze amatwi bandika iby’ingenzi byaganirwagaho
TAGGED:BurundifeaturedNdayishimiyePNBPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Vivo Energy Rwanda Yongereye Imbaraga Mu Buryo Abakiliya Babona Serivisi
Next Article Hadutse ‘Ubundi Bwoko’ Bwa COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?