Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ‘Imiterere N’Imikorere’ Ya Polisi Y’U Burundi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

‘Imiterere N’Imikorere’ Ya Polisi Y’U Burundi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 May 2021 12:03 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku wa Kane tariki 26, Gicurasi, 2021 Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yahuye n’abayobozi bakuru mu Ngabo z’u Burundi. Icyo gihe yari yambaye impuzankano ya gisirikare.

Kuri uyu wa Gatanu, tariki 28, Gicurasi, 2021 yahuye n’abayobozi bakuru ba Polisi y’u Burundi arabaganiriza, abasaba gukomeza umurava bafite mu kazi kabo.

Perezida Evariste Ndayishimiye akaba ari n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Burundi Evariste Ndayishimiye  yai aherutse guhura n’abasirikare bakuru mu ngabo ze baganira uko ibibazo y’umutekano bihagaze mu gihugu cye.

Yabashimiye akazi bakora ariko abasaba gukomereza ho bakubaka igihugu.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Polisi y’u Burundi iteye ite? Ikora Ite?

Polisi y’u Burundi, nk’uko izwi ubu, yashinzwe mu Ukuboza 2004 nyuma y’Amasezerano y’amahoro yasinywe i Arusha.

Insingano zayo zanditse zirimo kwimakaza umutuzo mu mu baturage n’ibyabo kandi ikarwanya ‘abakora iterabwoba.’

Polisi y’u Burundi( Police Nationale Burundaise, PNB) igabanyijemo ibice bitandukanye.

Hari Polisi ishinzwe umutekano w’abaturage ariko ku butaka, iyi yitwa nu Gifaransa: Police de Sécurité Intérieure

- Advertisement -

Hari kandi Polisi ishinzwe umutekano wo mu Kirere cy’u Burundi iyo bita Police de l’Air.

Polisi y’u Burundi kandi ifite igice gishinzwe kurinda imipaka no kwirinda abanyamahanga bashaka guhungabanya umutekano Police des frontières et des étrangers.

Abapolisi b’u Burundi mu mwaka wa 2015 ubwo bari bahanganye n’abigaragambyaga bamagana indi manda ya Pierre Nkurunziza

Igice cya nyuma cya Polisi y’u Burundi gishinzwe gucunga umutekano mu magereza, iki gice bakita Police Pénitentiaire.

Abapolisi b’u Burundi bose bakoresha imbunda zo mu bwoko bwa AK 47.

Komiseri Mukuru wa Polisi y’u Burundi yitwa  André Ndayambaje.

Perezida Ndayishimiye aherutse kuganiriza abapolisi bakuru
Bamwe mu bapolisi bakuru bamuteze amatwi bandika iby’ingenzi byaganirwagaho
TAGGED:BurundifeaturedNdayishimiyePNBPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Vivo Energy Rwanda Yongereye Imbaraga Mu Buryo Abakiliya Babona Serivisi
Next Article Hadutse ‘Ubundi Bwoko’ Bwa COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?