Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Impamvu Zateye Laurent Gbagbo Gusura Jean Pierre Bemba I Kinshasa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Impamvu Zateye Laurent Gbagbo Gusura Jean Pierre Bemba I Kinshasa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 July 2021 1:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo gutaha iwabo muri  Côte d’Ivoire hari  tariki 17, Kamena, 2021, Bwana Laurent Gbagbo yagiye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo guhura na Jean Pierre Bemba. Aje mu bukwe bw’umukobwa wa Bemba, ariko hari n’ibindi bazaganira.

Gbagbo yageze i Kinshasa kuri uyu wa Gatanu, tariki 02, Kamena, 2021, rukaba urugendo azamaramo iminsi itandatu.

Aherekejwe n’umugore we[mushya kuko Simone Gbagbo batandukanye] witwa Nadiana Bamba, umujyanama we Narcisse Kuyo Téa n’umuganga we witwa Christophe Blé.

Nadianna Bamba uzwi nka Nady Bamba umugore mushya wa Laurent Gbagbo

Ggagbo aherutse gufungurwa nyuma y’imyaka 10 yari amaze afashwe afungirwa i La Haye mu Buholandi akurikiranyweho uruhare mu gutera imidugararo yakurikiye Amatora y’Umukuru w’igihugu yabaye muri Mata 2011.

Urukiko rwaje kumugira umwere, arataha.

Jean-Pierre Bemba, usanzwe ari Perezida w’ishyaka ryitwa Movement  for the Liberation of Congo (MLC), nawe yigeze gufungirwa i La Haye ariko aza kurekurwa.

Ntibiramenyekana niba ku rutonde rw’ibyo Gbagbo azakora harimo no guhura na Perezida Tshisekedi.

Bemba na Gbagbo bafungiwe muri gereza ya La Haye mu Buholandi hagati y’umwaka wa 2011 na 2018.

Barabanye ndetse The African Report ivuga ko bajyaga basangira amafunguro.

Jean Pierre Bemba

Mu mpera za Mata, 2021 Jeune Afrique yabajije Jean Pierre Bemba niba ajya avugana na Laurent Gbagbo, asubiza ko bakivugana ndetse kenshi ariko ko atari bubivugeho ibintu byinshi.

TAGGED:BembafeaturedGbagboKinshasaLa HayeTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ku Isi Abantu Ni Magirirane-Mushikiwabo
Next Article Amerika: Abantu 121 Bamaze Iminsi 10 Munsi y’Inzu Yabagwiriye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Amerika Yarashe Rwagati Muri Venezuela 

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

Kirehe-Ngoma: Koperative Yejeje Umuceri None Uri Gupfa Ubusa

You Might Also Like

Ubukungu

Gatsibo: Bizeye Kuzabona Amazi Yiyongera Kuyo Basanganywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Irashaka ‘Kugura’ Greenland

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

2025: Umwaka Ikawa Y’u Rwanda Yarwinjirije Amadolari Menshi Kurusha Indi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abagore 30 Mu Bakomando Ba RCS Batojwe Gutabara Aho Rukomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?