Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Impamvu Zateye Laurent Gbagbo Gusura Jean Pierre Bemba I Kinshasa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Impamvu Zateye Laurent Gbagbo Gusura Jean Pierre Bemba I Kinshasa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 July 2021 1:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo gutaha iwabo muri  Côte d’Ivoire hari  tariki 17, Kamena, 2021, Bwana Laurent Gbagbo yagiye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo guhura na Jean Pierre Bemba. Aje mu bukwe bw’umukobwa wa Bemba, ariko hari n’ibindi bazaganira.

Gbagbo yageze i Kinshasa kuri uyu wa Gatanu, tariki 02, Kamena, 2021, rukaba urugendo azamaramo iminsi itandatu.

Aherekejwe n’umugore we[mushya kuko Simone Gbagbo batandukanye] witwa Nadiana Bamba, umujyanama we Narcisse Kuyo Téa n’umuganga we witwa Christophe Blé.

Nadianna Bamba uzwi nka Nady Bamba umugore mushya wa Laurent Gbagbo

Ggagbo aherutse gufungurwa nyuma y’imyaka 10 yari amaze afashwe afungirwa i La Haye mu Buholandi akurikiranyweho uruhare mu gutera imidugararo yakurikiye Amatora y’Umukuru w’igihugu yabaye muri Mata 2011.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Urukiko rwaje kumugira umwere, arataha.

Jean-Pierre Bemba, usanzwe ari Perezida w’ishyaka ryitwa Movement  for the Liberation of Congo (MLC), nawe yigeze gufungirwa i La Haye ariko aza kurekurwa.

Ntibiramenyekana niba ku rutonde rw’ibyo Gbagbo azakora harimo no guhura na Perezida Tshisekedi.

Bemba na Gbagbo bafungiwe muri gereza ya La Haye mu Buholandi hagati y’umwaka wa 2011 na 2018.

Barabanye ndetse The African Report ivuga ko bajyaga basangira amafunguro.

- Advertisement -
Jean Pierre Bemba

Mu mpera za Mata, 2021 Jeune Afrique yabajije Jean Pierre Bemba niba ajya avugana na Laurent Gbagbo, asubiza ko bakivugana ndetse kenshi ariko ko atari bubivugeho ibintu byinshi.

TAGGED:BembafeaturedGbagboKinshasaLa HayeTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ku Isi Abantu Ni Magirirane-Mushikiwabo
Next Article Amerika: Abantu 121 Bamaze Iminsi 10 Munsi y’Inzu Yabagwiriye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?