Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Impapuro Z’Ibanga Za Minisiteri Y’ingabo Zatoraguwe Aho Bategera Bisi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Impapuro Z’Ibanga Za Minisiteri Y’ingabo Zatoraguwe Aho Bategera Bisi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 June 2021 10:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu bakozi ba Minisiteri y’ingabo mu Bwongereza yataye impapuro zikubiyemo amabanga akomeye y’igisirikare cyabwo. Muri yo harimo imigambi yo gukorana n’ingabo za Afghanistan n’uko u Bwongereza bwari bwiteguye kuzitwara iyo u Burusiya  burakazwa  n’uko ubwato bw’intambara HMS Defender bw’Abongereza bwaciye mu mazi akikije Crimea.

Umugenzi waciye muri gare iri ahitwa Kent mu Majyepfo ashyira u Burengerazuba bw’u Bwongereza niwe wabonye inyandiko ziri kuri paji 50, ahamagara abo kuri BBC  arabibabwira.

Minisiteri y’ingabo ikirangiza kubyumva, yakoze igenzura isanga hari umwe mu bakozi bayo wazihibagiriwe.

Itangazo ryasohowe nayo rigira riti: “ Minisiteri y’ingabo ifatana uburemere bukomeye ibyerekeye umutekano n’amabanga yawo. Niyo mpamvu twatangije iperereza ngo tumenye uko byagenze kugira ngo uriya mukozi wacu ate ziriya mpapuro.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Muri ziriya nyandiko handitsemo ibyo ingabo z’u Bwongereza bwateguraga gukora byose iyo u Burusiya buza gufata bugwate ubwato bwabwo bwacaga mu mazi ari muri Crimea.

Ubwato bw’Intambara bw’Abongereza HMS

Si u Bwongereza gusa buhakana ko Crimea ari Intara y’u Burusiya kuko hari n’ibindi bihugu bivuga ko u Bwongereza bwafashae bunyago kariya gace kandi bidahuje n’amategeko mpuzamahanga.

TAGGED:BurusiyaBwongerezafeaturedUbwato
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ku Mubumbe Wa Mars Hari Ibiyaga Birenga 10
Next Article Uwari Uhagarariye Inyungu Z’U Bufaransa Mu Rwanda Yarangije Imirimo Ye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?