Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Impapuro Z’Ibanga Za Minisiteri Y’ingabo Zatoraguwe Aho Bategera Bisi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Impapuro Z’Ibanga Za Minisiteri Y’ingabo Zatoraguwe Aho Bategera Bisi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 June 2021 10:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu bakozi ba Minisiteri y’ingabo mu Bwongereza yataye impapuro zikubiyemo amabanga akomeye y’igisirikare cyabwo. Muri yo harimo imigambi yo gukorana n’ingabo za Afghanistan n’uko u Bwongereza bwari bwiteguye kuzitwara iyo u Burusiya  burakazwa  n’uko ubwato bw’intambara HMS Defender bw’Abongereza bwaciye mu mazi akikije Crimea.

Umugenzi waciye muri gare iri ahitwa Kent mu Majyepfo ashyira u Burengerazuba bw’u Bwongereza niwe wabonye inyandiko ziri kuri paji 50, ahamagara abo kuri BBC  arabibabwira.

Minisiteri y’ingabo ikirangiza kubyumva, yakoze igenzura isanga hari umwe mu bakozi bayo wazihibagiriwe.

Itangazo ryasohowe nayo rigira riti: “ Minisiteri y’ingabo ifatana uburemere bukomeye ibyerekeye umutekano n’amabanga yawo. Niyo mpamvu twatangije iperereza ngo tumenye uko byagenze kugira ngo uriya mukozi wacu ate ziriya mpapuro.”

Muri ziriya nyandiko handitsemo ibyo ingabo z’u Bwongereza bwateguraga gukora byose iyo u Burusiya buza gufata bugwate ubwato bwabwo bwacaga mu mazi ari muri Crimea.

Ubwato bw’Intambara bw’Abongereza HMS

Si u Bwongereza gusa buhakana ko Crimea ari Intara y’u Burusiya kuko hari n’ibindi bihugu bivuga ko u Bwongereza bwafashae bunyago kariya gace kandi bidahuje n’amategeko mpuzamahanga.

TAGGED:BurusiyaBwongerezafeaturedUbwato
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ku Mubumbe Wa Mars Hari Ibiyaga Birenga 10
Next Article Uwari Uhagarariye Inyungu Z’U Bufaransa Mu Rwanda Yarangije Imirimo Ye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Amerika Yarashe Rwagati Muri Venezuela 

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

Kirehe-Ngoma: Koperative Yejeje Umuceri None Uri Gupfa Ubusa

You Might Also Like

Ubukungu

Gatsibo: Bizeye Kuzabona Amazi Yiyongera Kuyo Basanganywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Irashaka ‘Kugura’ Greenland

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

2025: Umwaka Ikawa Y’u Rwanda Yarwinjirije Amadolari Menshi Kurusha Indi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abagore 30 Mu Bakomando Ba RCS Batojwe Gutabara Aho Rukomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?