Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inama Yari Iyobowe Na Nangaa Yaturikiyemo Ibisasu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Inama Yari Iyobowe Na Nangaa Yaturikiyemo Ibisasu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 February 2025 3:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage bari bitabiriye inama yari yateguwe n’ubuyobozi bwa AFC/M23 babwiye itangazamakuru ko yaturikiyemo ibisasu bihitana ‘benshi’.

Biravugwa ko ibyo bisasu ari iby’abasirikare b’Uburundi.

Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa nawe wari muri iyi nama yavuze ko iperereza ryo kugaragaza ko ibisasu byaturitse bikoreshwa n’ingabo z’Uburundi ryahise ritangira.

Amashusho ari ku mbuga nkoranyambaga aragaragaza abaturage b’abasivile bapfuye, abandi bakomeretse.

Ubwoba bwatumye abantu benshi bahunga bakwira imishwaro buri wese akiza amagara ye.

Ikindi kitaramenyekana ni ukumenya niba hari abayobozi b’uyu mutwe baba bahasize ubuzima.

Inama yabereye mo kiriya gitero yabereye ahitwa Place du 24 kandi Nangaa yahavugiye ko bidatinze M23 izafata umujyi wa Uvira, uwa Fizi n’uwa Kamituga.

Hari amakuru atangwa na bamwe mu banyamakuru bahakorera avuga ko abantu umunani ari bo bahasize ubuzima, abandi icyenda barakomereka bikomeye.

TAGGED:AFC/ InamaBukavufeaturedIbisasuM23
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ese Ibyo Chris Brown Yaburiye Muri Kenya Yabibona Mu Rwanda?
Next Article Wazalendo Yigambye Igitero Cy’i Bukavu, Iteguza Ibindi Nkacyo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?