Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inama Yari Iyobowe Na Nangaa Yaturikiyemo Ibisasu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Inama Yari Iyobowe Na Nangaa Yaturikiyemo Ibisasu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 February 2025 3:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage bari bitabiriye inama yari yateguwe n’ubuyobozi bwa AFC/M23 babwiye itangazamakuru ko yaturikiyemo ibisasu bihitana ‘benshi’.

Biravugwa ko ibyo bisasu ari iby’abasirikare b’Uburundi.

Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa nawe wari muri iyi nama yavuze ko iperereza ryo kugaragaza ko ibisasu byaturitse bikoreshwa n’ingabo z’Uburundi ryahise ritangira.

Amashusho ari ku mbuga nkoranyambaga aragaragaza abaturage b’abasivile bapfuye, abandi bakomeretse.

Ubwoba bwatumye abantu benshi bahunga bakwira imishwaro buri wese akiza amagara ye.

Ikindi kitaramenyekana ni ukumenya niba hari abayobozi b’uyu mutwe baba bahasize ubuzima.

Inama yabereye mo kiriya gitero yabereye ahitwa Place du 24 kandi Nangaa yahavugiye ko bidatinze M23 izafata umujyi wa Uvira, uwa Fizi n’uwa Kamituga.

Hari amakuru atangwa na bamwe mu banyamakuru bahakorera avuga ko abantu umunani ari bo bahasize ubuzima, abandi icyenda barakomereka bikomeye.

TAGGED:AFC/ InamaBukavufeaturedIbisasuM23
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ese Ibyo Chris Brown Yaburiye Muri Kenya Yabibona Mu Rwanda?
Next Article Wazalendo Yigambye Igitero Cy’i Bukavu, Iteguza Ibindi Nkacyo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?