Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inama Yari Iyobowe Na Nangaa Yaturikiyemo Ibisasu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Inama Yari Iyobowe Na Nangaa Yaturikiyemo Ibisasu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 February 2025 3:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage bari bitabiriye inama yari yateguwe n’ubuyobozi bwa AFC/M23 babwiye itangazamakuru ko yaturikiyemo ibisasu bihitana ‘benshi’.

Biravugwa ko ibyo bisasu ari iby’abasirikare b’Uburundi.

Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa nawe wari muri iyi nama yavuze ko iperereza ryo kugaragaza ko ibisasu byaturitse bikoreshwa n’ingabo z’Uburundi ryahise ritangira.

Amashusho ari ku mbuga nkoranyambaga aragaragaza abaturage b’abasivile bapfuye, abandi bakomeretse.

Ubwoba bwatumye abantu benshi bahunga bakwira imishwaro buri wese akiza amagara ye.

Ikindi kitaramenyekana ni ukumenya niba hari abayobozi b’uyu mutwe baba bahasize ubuzima.

Inama yabereye mo kiriya gitero yabereye ahitwa Place du 24 kandi Nangaa yahavugiye ko bidatinze M23 izafata umujyi wa Uvira, uwa Fizi n’uwa Kamituga.

Hari amakuru atangwa na bamwe mu banyamakuru bahakorera avuga ko abantu umunani ari bo bahasize ubuzima, abandi icyenda barakomereka bikomeye.

TAGGED:AFC/ InamaBukavufeaturedIbisasuM23
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ese Ibyo Chris Brown Yaburiye Muri Kenya Yabibona Mu Rwanda?
Next Article Wazalendo Yigambye Igitero Cy’i Bukavu, Iteguza Ibindi Nkacyo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Imirwano Hagati Ya Wazalendo Na FARDC Imaze Kugwamo Abantu 11

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?