Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indabo Z’u Rwanda Zizagurishwa Mu Bwongereza Nta Kiguzi Ziciwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Indabo Z’u Rwanda Zizagurishwa Mu Bwongereza Nta Kiguzi Ziciwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 April 2024 3:29 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’Ubwongereza bwatangaje ko indabo zituruka mu Muryango w’Afurika y’Uburasirazuba zizajya zigurishwa ku isoko ryabwo nta kiguzi ziciwe, bikazakorwa niyo iyo ndabo zaba zagezeyo zibanje guca ahandi.

Iki cyemezo cyatangajwe taliki 11, Mata, 2024.

Ubusanzwe indabo zageraga mu Bwongereza zigacibwa 8% ariko ayo mafaranga azavanirwaho ibihugu byo muri aka karere ari byo Kenya, Ethiopia, Tanzania, Uganda n’u Rwanda.

Ubu bwasisi buzemerwa hagati y’italiki 11, Mata, 2024 kugeza muri Kamena, 2026.

Ubwongereza buvuga ko bwashyizeho ubu bwasisi mu rwego rwo kongera urwego rw’ubucuruzi hagati yabwo n’Afurika cyane cyane iby’Uburasirazuba.

Abaguzi bo mu Bwongereza nabo bitezweho kuzabona indabo zimeze neza kandi mu bihe byose by’umwaka.

Mu mwaka w’ubucuruzi wa 2022/2023 u Rwanda rwoherereje amahanga indabo zifite agaciro ka miliyoni $4.5.

Zoherejwe mu Bwongereza, mu Buholandi, Korea n’ahandi.

Izingana na 66% zoherejwe mu Buholandi izindi zingana na 32% zoherejwe mu Bwongereza.

Igihugu cya mbere muri Afurika cyohereza indabo hanze ni Kenya hagakirikiraho Ethiopia.

TAGGED:BuholandifeaturedIndaboUbwongereza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Mu Nama Afurika Yifuzamo Ko Imikoranire Na Banki Y’Isi Inozwa
Next Article Ramaphosa Arasura Na Uganda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?