Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indege 8 Z’Intambara Z’Amerika Ziyemeje Guherekeza Pelosi Ajya Muri Taiwan
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Indege 8 Z’Intambara Z’Amerika Ziyemeje Guherekeza Pelosi Ajya Muri Taiwan

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 August 2022 3:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru mashya ku mwuka mubi hagati y’u Bushinwa n’Amerika bapfa Taiwan avuga ko hari indege za Leta zunze ubumwe z’Amerika zahagurutse mu Buyapani kugira ngo ziherekeze indege Nancy Pelosi arimo.

Biteganyijwe ko uyu muyobozi wa gatatu ukomeye muri Amerika ari bugere i Taipei mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa Kabiri akaharara kuri uyu wa Gatatu  akazagirana ikiganiro na Perezida wayo.

Izo ndege umunani ziri kumwe n’izindi ndege eshanu zitwaye amavuta yo kuziha mu gihe ayo zitwaje yaba azishiranye.

🔴#BREAKING: au moins 8 avions de chasse et 5 avions de ravitaillement de l'US Air Force, ont décollé du Japon et se dirigent vers l’avion transportant #NancyPelosi. La présidente de la Chambre des représentants devrait atterrir à #Taipei à 14h20GMT #Taiwanchina #ChinavsTaiwan pic.twitter.com/dsinFLYpmy

— LSI AFRICA (@lsiafrica) August 2, 2022

U Bushinwa buvuga ko budashaka ko Nancy Pelosi agera muri Taiwan kubera ko ngo byaba bivuze ko Amerika yemera ko Taiwan ari igihugu kigenga kandi u Bushinwa buyifata nk’Intara yabwo.

Ku rundi ruhande, hari Abanyamerika( bishoboka ko na Nancy Pelosi ari muri bo) batumva ukuntu igihugu icyo ari cyo cyose ku isi cyabuza Umuyobozi w’Amerika kujya mu gihugu ashaka ku isi.

Pelosi ngo ararara ageze Taipei muri Taiwan

Ubuhangange bw’Amerika nibwo butuma itumva ukuntu u Bushinwa bwabuza umuyobozi wabwo kujya aho ashaka ku isi.

Abashinwa bo bavuga ko niba Amerika yiyemeje kuba umwanzi w’u Bushinwa butuwe na Miliyari 1.4 z’abaturage ubwo ziyemeje intambara n’ingaruka zishobora kuzayigora kwivanamo.

🔴🇨🇳🇹🇼[RÉSUMÉ]✈️ #Taiwan
• Arrivée de #Pelosi à 14h20 GMT.
• Elle passera la nuit à #Taipei et rencontrera Tsai Ing-wen.
• Cyberattaques sur les sites du gouvernement taïwanais.
• Chars chinois dans la province du Fujian.
• L'US Navy déploie 4 navires vers Taïwan. pic.twitter.com/EFbYJScQCu

— LSI AFRICA (@lsiafrica) August 2, 2022

TAGGED:featuredIndegeIntambaraPelosiTaiwan
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abantu 23 Nibo Bakomerekeye Mu Mpanuka Y’i Rubavu
Next Article Vuba Aha Hari Ibigo Bya Leta Bigiye Kwegurirwa Abikorera: Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?