Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indege 8 Z’Intambara Z’Amerika Ziyemeje Guherekeza Pelosi Ajya Muri Taiwan
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Indege 8 Z’Intambara Z’Amerika Ziyemeje Guherekeza Pelosi Ajya Muri Taiwan

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 August 2022 3:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru mashya ku mwuka mubi hagati y’u Bushinwa n’Amerika bapfa Taiwan avuga ko hari indege za Leta zunze ubumwe z’Amerika zahagurutse mu Buyapani kugira ngo ziherekeze indege Nancy Pelosi arimo.

Biteganyijwe ko uyu muyobozi wa gatatu ukomeye muri Amerika ari bugere i Taipei mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa Kabiri akaharara kuri uyu wa Gatatu  akazagirana ikiganiro na Perezida wayo.

Izo ndege umunani ziri kumwe n’izindi ndege eshanu zitwaye amavuta yo kuziha mu gihe ayo zitwaje yaba azishiranye.

🔴#BREAKING: au moins 8 avions de chasse et 5 avions de ravitaillement de l'US Air Force, ont décollé du Japon et se dirigent vers l’avion transportant #NancyPelosi. La présidente de la Chambre des représentants devrait atterrir à #Taipei à 14h20GMT #Taiwanchina #ChinavsTaiwan pic.twitter.com/dsinFLYpmy

— LSI AFRICA (@lsiafrica) August 2, 2022

U Bushinwa buvuga ko budashaka ko Nancy Pelosi agera muri Taiwan kubera ko ngo byaba bivuze ko Amerika yemera ko Taiwan ari igihugu kigenga kandi u Bushinwa buyifata nk’Intara yabwo.

Ku rundi ruhande, hari Abanyamerika( bishoboka ko na Nancy Pelosi ari muri bo) batumva ukuntu igihugu icyo ari cyo cyose ku isi cyabuza Umuyobozi w’Amerika kujya mu gihugu ashaka ku isi.

Pelosi ngo ararara ageze Taipei muri Taiwan

Ubuhangange bw’Amerika nibwo butuma itumva ukuntu u Bushinwa bwabuza umuyobozi wabwo kujya aho ashaka ku isi.

Abashinwa bo bavuga ko niba Amerika yiyemeje kuba umwanzi w’u Bushinwa butuwe na Miliyari 1.4 z’abaturage ubwo ziyemeje intambara n’ingaruka zishobora kuzayigora kwivanamo.

🔴🇨🇳🇹🇼[RÉSUMÉ]✈️ #Taiwan
• Arrivée de #Pelosi à 14h20 GMT.
• Elle passera la nuit à #Taipei et rencontrera Tsai Ing-wen.
• Cyberattaques sur les sites du gouvernement taïwanais.
• Chars chinois dans la province du Fujian.
• L'US Navy déploie 4 navires vers Taïwan. pic.twitter.com/EFbYJScQCu

— LSI AFRICA (@lsiafrica) August 2, 2022

TAGGED:featuredIndegeIntambaraPelosiTaiwan
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abantu 23 Nibo Bakomerekeye Mu Mpanuka Y’i Rubavu
Next Article Vuba Aha Hari Ibigo Bya Leta Bigiye Kwegurirwa Abikorera: Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?