Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indege Za Uganda Zigiye Gutangira Ingendo I Kigali
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Indege Za Uganda Zigiye Gutangira Ingendo I Kigali

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 March 2023 4:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kimwe mu bintu by’ingenzi byavuye mu biganiro bimaze iminsi bihuje itsinda ry’abadipolomate b’u Rwanda n’aba Uganda byaberaga i Kigali, ni uko mu gihe kiri imbere indege za Uganda Airlines zizatangira gukorera ingendo mu Rwanda.

Nta gihe kinini kandi gishize urujya n’uruza rw’abantu n’ibintu rukoresha inzira yo ku butaka rusubukuwe.

Iby’uko ingendo z’indege za Uganda zigiye gutangira kuza mu Rwanda, byanzuriwe mu nama twavuze haruguru imaze iminsi itatu ihera mu Rwanda yiswe Rwanda-Uganda Joint Permanent Commission (JPC).

Ibaye ku nshuro ya 11.

Iyi nama ya 11 niyo yafatiwemo kiriya cyemezo

Hagati aho Ikigo cy’u Rwanda gikora ingendo zo mu kirere Rwandair cyo gisanzwe gikorera ingendo i Kampala.

Miisntiri y’ububanyi n’amahanga wa Uganda witwa (Rtd) Gen Jeje Odongo yashimye ko u Rwanda rwemeye gufungurira ikirere cyarwo Uganda.

Avuga ko bizafasha mu bucuruzi no gukomeza umurunga uhuza abaturanyi b’ibihugu byombi.

TAGGED:IndegeKigaliUbuhahirane
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Tshisekedi Yahinduye Guverinoma
Next Article Rusesabagina Na Sankara BAHAWE IMBABAZI
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?