Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Za Kenya Zageze Muri Congo- Kinshasa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ingabo Za Kenya Zageze Muri Congo- Kinshasa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 August 2021 2:49 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Kabiri tariki 09, nibwo umutwe w’ingabo zidasanzwe za Kenya wageze mu Ntara ya Beni muri Kivu y’Amajyepfo guhiga bukware abarwanyi bakomoka muri Uganda  bahamaze iminsi barazengereje abaturage.

Andi makuru avuga ko hari abandi basirikare ba Tanzania bageze muri kariya gace, bakaba bazafatanya na Kenya guhiga bariya barwanyi nk’uko byatangajwe n’umwe mu bakozi ba MONUSCO ushinzwe itumanaho witwa Koumbo Ghali.

Intego ihari ni uguca intege  abarwanyi bo muri Allied Democratic Forces (ADF).

Kuombo avuga ko hari abarwanyi ba ADF bari bamaze iminsi bisuganya kugira ngo bongere ibitero byabo mu baturae ba hariya ahantu.

Biteganyijwe ko hari abandi basirikare bazaza nyuma ya bariya.

Bazaba baturutse muri Afurika y’Epfo no muri Nepal

Hari amakuru Taarifa ifite avuga ko bariya basirikare boherejwe ku busabe bwa Perezida Tshisekedi.

Ni mu rwego rwo kumufasha guhashya burundu abarwanyi bo muri ADF.

 

TAGGED:Congo- KinshasafeaturedKenyaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gukorana N’U Bushinwa Ngo Hari Ubwo Bivuga ‘Kwibwa Amabanga’
Next Article U Rwanda Rwakiriye Amacupa Aha Umwuka Abarwayi Ya Miliyoni Zisaga 110 Frw
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?