Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Za Kenya Zageze Muri Congo- Kinshasa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ingabo Za Kenya Zageze Muri Congo- Kinshasa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 August 2021 2:49 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Kabiri tariki 09, nibwo umutwe w’ingabo zidasanzwe za Kenya wageze mu Ntara ya Beni muri Kivu y’Amajyepfo guhiga bukware abarwanyi bakomoka muri Uganda  bahamaze iminsi barazengereje abaturage.

Andi makuru avuga ko hari abandi basirikare ba Tanzania bageze muri kariya gace, bakaba bazafatanya na Kenya guhiga bariya barwanyi nk’uko byatangajwe n’umwe mu bakozi ba MONUSCO ushinzwe itumanaho witwa Koumbo Ghali.

Intego ihari ni uguca intege  abarwanyi bo muri Allied Democratic Forces (ADF).

Kuombo avuga ko hari abarwanyi ba ADF bari bamaze iminsi bisuganya kugira ngo bongere ibitero byabo mu baturae ba hariya ahantu.

Biteganyijwe ko hari abandi basirikare bazaza nyuma ya bariya.

Bazaba baturutse muri Afurika y’Epfo no muri Nepal

Hari amakuru Taarifa ifite avuga ko bariya basirikare boherejwe ku busabe bwa Perezida Tshisekedi.

Ni mu rwego rwo kumufasha guhashya burundu abarwanyi bo muri ADF.

 

TAGGED:Congo- KinshasafeaturedKenyaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gukorana N’U Bushinwa Ngo Hari Ubwo Bivuga ‘Kwibwa Amabanga’
Next Article U Rwanda Rwakiriye Amacupa Aha Umwuka Abarwayi Ya Miliyoni Zisaga 110 Frw
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?