Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Za SADC Zizajya Muri DRC Muri Nzeri 2023
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ingabo Za SADC Zizajya Muri DRC Muri Nzeri 2023

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 July 2023 10:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’ubufatanye mu bihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo banzuye ko ingabo zabo zizaba zageze muri Repubulika ya Demukarasi muri Nzeri, 2023.

Inama yanzuriwe ibi yari iyobowe na Perezida wa Namibia Hage Geingob.

Higiwemo kandi uko izi ngabo ziri gukora akazi kazo mu Majyaruguru ya Mozambique aho zagiye gufasha iki gihugu gutekana.

Perezida Geingob yagize ati: “ Tugomba gukora k’uburyo igice cy’aho dutuye gitekana kandi ibihugu bigize umuryango wacu bigatekana byose, bigatabarana”.

Abandi bakuru b’ibihugu bari bitabiriye iriya nama ni Perezida wa Repubilika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi, uw’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphose, uwa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa na Hikainde Hichilema wa Zambia.

Inama y’Abakuru b’ibihugu ibaye nyuma gato y’uko hari indi yahuje Ramaphosa na Tshisekedi yabaye taliki 07, Nyakanga, 2023.

Ku rundi ruhande kandi hari izindi ngabo za EAC ziri mu Burasirazuba bwa DRC, abasesengura iby’umutekano bakaba bari kwibaza uko ingabo z’ibi bihugu zose zizakorana cyane cyane ko agace bizakoreramo gasanzwe karibasiwe n’imitwe y’abarwanyi irenga 120.

TAGGED:AbarwanyifeaturedIngaboPerezidaSADC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyanza: Abarimu Bakurikiranyweho Gukuriramo Inda Umukobwa W’Aho Bigisha
Next Article Umujyanama W’Ubuzima Arasaba Ko Ambulance Zongerwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?