Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Za SADC Zizajya Muri DRC Muri Nzeri 2023
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ingabo Za SADC Zizajya Muri DRC Muri Nzeri 2023

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 July 2023 10:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’ubufatanye mu bihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo banzuye ko ingabo zabo zizaba zageze muri Repubulika ya Demukarasi muri Nzeri, 2023.

Inama yanzuriwe ibi yari iyobowe na Perezida wa Namibia Hage Geingob.

Higiwemo kandi uko izi ngabo ziri gukora akazi kazo mu Majyaruguru ya Mozambique aho zagiye gufasha iki gihugu gutekana.

Perezida Geingob yagize ati: “ Tugomba gukora k’uburyo igice cy’aho dutuye gitekana kandi ibihugu bigize umuryango wacu bigatekana byose, bigatabarana”.

Abandi bakuru b’ibihugu bari bitabiriye iriya nama ni Perezida wa Repubilika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi, uw’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphose, uwa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa na Hikainde Hichilema wa Zambia.

Inama y’Abakuru b’ibihugu ibaye nyuma gato y’uko hari indi yahuje Ramaphosa na Tshisekedi yabaye taliki 07, Nyakanga, 2023.

Ku rundi ruhande kandi hari izindi ngabo za EAC ziri mu Burasirazuba bwa DRC, abasesengura iby’umutekano bakaba bari kwibaza uko ingabo z’ibi bihugu zose zizakorana cyane cyane ko agace bizakoreramo gasanzwe karibasiwe n’imitwe y’abarwanyi irenga 120.

TAGGED:AbarwanyifeaturedIngaboPerezidaSADC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyanza: Abarimu Bakurikiranyweho Gukuriramo Inda Umukobwa W’Aho Bigisha
Next Article Umujyanama W’Ubuzima Arasaba Ko Ambulance Zongerwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?