Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Za Sudani Y’Epfo Zirashinjwa Kuvogera Ubutaka Bwa DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ingabo Za Sudani Y’Epfo Zirashinjwa Kuvogera Ubutaka Bwa DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 July 2022 12:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubutegetsi bw’i Kinshasa buvuga ko hari ingabo za Sudani y’Epfo ziri ku butaka bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu buryo ibihugu byombi bitemeranyijeho.

I Kinshasa basaba ubutegetsi bw’i Juba kugira vuba bugakura abasirikare b’iki gihugu ku butaka bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Raporo z’umutekano wa DRC dufiteho amakuru zivuga ko ingabo za Sudani y’Epfo ziri mu gace kitwa Aru.

Abahatuye bakutse umutima nyuma yo kubona ingabo nyinshi za Sudani y’Epfo mu Karere batuyemo.

Hari umuyobozi wo muri Sosiyete Sivile witwa Nicolas Adrou uvuga ko mu gace kabo bari kuvogerwa n’ingabo za Sudani y’Epfo.

Abaturage ba Aru bavuga ko abasirikare ba mbere ba Sudani y’Epfo batangiye kugaragara muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu ntangiriro za Gashyantare, 2022.

Aba basirikare bashinjwa no kwica umuturage umwe, banashimuta Umukuru w’Umudugudu.

Mu rwego rwo guhumuriza abaturage, igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo cyohereje abasirikare benshi muri kariya gace.

Abahatuye bavuga ko bashimishijwe n’uko hoherejwe abasirikare, bakavuga ko biri butume bumva barinzwe.

TAGGED:DRCfeaturedIngaboJubaKinshasaSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uhuru Kenyatta Ati: ‘ Intebe Y’Ubutegetsi Irarura!’
Next Article Afurika Y’Epfo: Abantu 19 Biciwe Mu Kabari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?