Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Za Sudani Y’Epfo Zirashinjwa Kuvogera Ubutaka Bwa DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ingabo Za Sudani Y’Epfo Zirashinjwa Kuvogera Ubutaka Bwa DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 July 2022 12:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubutegetsi bw’i Kinshasa buvuga ko hari ingabo za Sudani y’Epfo ziri ku butaka bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu buryo ibihugu byombi bitemeranyijeho.

I Kinshasa basaba ubutegetsi bw’i Juba kugira vuba bugakura abasirikare b’iki gihugu ku butaka bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Raporo z’umutekano wa DRC dufiteho amakuru zivuga ko ingabo za Sudani y’Epfo ziri mu gace kitwa Aru.

Abahatuye bakutse umutima nyuma yo kubona ingabo nyinshi za Sudani y’Epfo mu Karere batuyemo.

Hari umuyobozi wo muri Sosiyete Sivile witwa Nicolas Adrou uvuga ko mu gace kabo bari kuvogerwa n’ingabo za Sudani y’Epfo.

Abaturage ba Aru bavuga ko abasirikare ba mbere ba Sudani y’Epfo batangiye kugaragara muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu ntangiriro za Gashyantare, 2022.

Aba basirikare bashinjwa no kwica umuturage umwe, banashimuta Umukuru w’Umudugudu.

Mu rwego rwo guhumuriza abaturage, igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo cyohereje abasirikare benshi muri kariya gace.

Abahatuye bavuga ko bashimishijwe n’uko hoherejwe abasirikare, bakavuga ko biri butume bumva barinzwe.

TAGGED:DRCfeaturedIngaboJubaKinshasaSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uhuru Kenyatta Ati: ‘ Intebe Y’Ubutegetsi Irarura!’
Next Article Afurika Y’Epfo: Abantu 19 Biciwe Mu Kabari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?