Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Z’u Rwanda N’Iza Mozambique Zongeye Guhiga Bukware Ibyihebe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ingabo Z’u Rwanda N’Iza Mozambique Zongeye Guhiga Bukware Ibyihebe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 May 2024 12:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yatangaje ko ingabo z’u Rwanda muri Mozambique zakoranye n’iki gihugu mu guhiga bukware ibyihebe bya Al Shabaab byari bimaze iminsi byihisha mu mashyamba.

Ni ibikorwa bya gisirikare byatangiye taliki 26, Mata, 2024 kugeza taliki 03, Gicurasi, 2024 kandi, nk’uko Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda ibyemeza, byagenze neza.

Ibyo byihebe byabaga mu mashyamba ya Odinepa, Nasua, Mitaka-Manika aha hakaba mu Karere ka Eráti mu Ntara ya Nampula.

U Rwanda rumaze igihe rukorana na Mozambique mu kwirukana ibyihebe byo muri iki gihugu.

Abaturage barahumurizwa

Ibyo byihebe byatangiye gukura abantu umutima guhera mu mwaka wa 2017.

Byaje gukomera ubwo byigaruriraga agace ka Mocimboa da Praia gasanzwe karimo ahantu hacukurwa hakabatunganyirizwa ibikomoka kuri petelori ndetse na gazi.

‘Ubufaransa buhafite ikigo cya Total Energies gikora iyo mirimo.

Ku bwumvikane n’u Rwanda, Mozambique yemeye ko ingabo zarwo ziza kuyifasha kubahashya.

Perezida Kagame yigeze kujya kuzisura azisaba gukomereza aho mu kazi kazijyanye.

Uretse kugarura umutekano mu bice bitandukanye bya Mozambique, ingabo z’u Rwanda na Polisi yarwo bageza n’ibikorwa remezo ku baturage b’ahantu haba hamaze kugarurwa amahoro.

Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique ziyoborwa na Major General Alexis Kagame n’aho Polisi yo iyoborwa na CP Yahaya Kamunuga.

 

TAGGED:featuredIbyihebeMozambiqueRwandaUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC Yihanije Ibigo By’Ikoranabuhanga Biyisahura Amabuye
Next Article Rwanda: Mu Kigega Cy’Ingoboka Cy’Ibiribwa Harimo Ngerere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?