Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Z’u Rwanda Zikomeje Kwiga Igifaransa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ingabo Z’u Rwanda Zikomeje Kwiga Igifaransa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 December 2023 3:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ambasaderi w’Ubufaransa mu Rwanda Antoine Anfré yasuye ishuri ry’ingabo z’u Rwanda z’i Gako mu Karere ka Bugesera. Yahasanze kandi aganira n’abasikare bari kwiga Igifaransa bakagifatanya n’andi masomo abategurira kuba ba ofisiye bato mu ngabo z’u Rwanda.

Abo yasanze biga uru rurimi rwo mu gihugu cye ni abasirikare 80 bari gukurirana amasomo bita cadet courses.

Yari aherekejwe n’Umuyobozi mu ngabo z’u Rwanda ushinzwe ububanyi n’amahanga Brig Gen Patrick Karuretwa n’abandi bakozi ba Ambasade.

Amb Anfre yari aherekejwe n’umuyobozi muri MINADEF ushinzwe imikoranire mpuzamahanga

Kubera ko ingabo na Polisi by’u Rwanda basigaye bajya gufasha mu kubungabunga amahoro mu bihugu bivuga n’Igifaransa, ubuyobozi bw’u Rwanda bwasanze ari ngombwa ko biga n’Igifaransa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Igifaransa ni rumwe mu ndimi mpuzamahanga u Rwanda rwiyemeje gukoresha mu mirimo ya Leta kandi rwigwa no mu mashuri yarwo harimo n’iri rya gisirikare.

TAGGED:AmbasaderiAnfreAntoineGakoIngaboRDFRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Namibia Nticyohereje Abasirikare Muri DRC
Next Article Abasirikare Ba Iran Bishwe N’Igisasu Cya Israel
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?