Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingazi: Uburyo Bushya Bwa Leta Bwo Korohereza Urubyiruko Kubona Akazi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Ingazi: Uburyo Bushya Bwa Leta Bwo Korohereza Urubyiruko Kubona Akazi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 October 2025 2:09 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo yatangije uburyo bikomatanyije yise Ingazi buzafasha urubyiruko kubona ahari amahirwe yo kubona cyangwa guhanga akazi.

Ubu buryo bwatangijwe ku bufatanye na UNICEF, bukazafasha mu kugabanya ubushomeri, bikaba kimwe muri gahunda za Guverinoma.

Aho kuba ikintu kimwe, ubu buryo burakomatanyije bukazaha urubyiruko uburyo bwo kugera no kwinjira mu bundi busanzwe bwararuteganyirijwe mu gushaka umurimo.

Minisitiri w’abakozi n’umurimo Amb Christine Nkulikiyinka avuga ko gahunda y’ikoranabuhanga ya Inganzi izafasha abafite ubumenyi nkenerwa bwa nyabwo.

Ati: “Inganzi ni gahunda ya Leta izafasha urubyiruko kubona akazi kandi isanzwe muri gahunda za Guverinoma.”

Nkulikiyinka yemeza ko izahuriza hamwe gahunda zisanzweho zo guha abantu akazi ku buryo ugashaka azajya azibonera hamwe akareba aho akenewe kandi ashoboye.

Uhagarariye UNICEF mu Rwanda , Ms. Lieke van de Wiel yemeza ko iri shami rya UN ruzakomeza gufaha u Rwanda muri gahunda zigamije kubakira ubushobozi abarutuye.

Ati: “Ku isi hose UNICEF ikorana n’abandi mu gushakira ibibazo ibisubizo. Urugero ni mu Buhinde no muri Nigeria. Mu Rwanda twasanze bafite umwihariko wo gushaka ibisubizo bihuje neza n’ibibazo bihari.”

U Rwanda rusanganywe gahunda ziha abarutuye imirimo zirimo na gahunda y’ikoranabuhanga bita e-recrutment ifasha mu kazi ka Leta.

TAGGED:AbakozifeaturedNkulikiyinka AkaziUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyakarundi Yaganirije Bagenzi Be Ba Somalia Na Qatar
Next Article Rwanda: Abaturage Bagiye Kwegerezwa Ibigo Byigisha Ikoranabuhanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbumenyi Rusange

Mu Isanzure Haba Inyenyeri Zingahe?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?