Umushinga wo kubaka iyo nyubako watangiye muri Mutarama 2022 ku bufatanye bwa Leta y’u Rwanda n’Ubwami bw’u Bubiligi bubinyugije mu masezerano hagati y’Ikigo gishinzwe gutera Inkunga...
Kugira amahoro bikubiyemo byinshi. Akenshi amahoro ni umusaruro w’umutekano kuko iyo wariye, ukanywa, ukaryama ugasinzira, warwara ukivuza, ntugirane amakimbirane n’abandi; bituma wumva mu mutima wawe utekanye....
Umuyobozi wungirije w’Inama y’Ubucuruzi mu Muryango w’Afurika y’Uburasirazuba( East African Business Council, EABC) Denis Karera asaba urubyiruko rw’u Rwanda gutekereza imishinga mizima yo guterwa inkunga kugira...
Kuri uyu wa Gatatu taliki 23, Kanama, 2023 ubwo Perezida Kagame yaganiraga n’urubyiruko muri YouthConnekt ku nshuro ya 10, yagarutse ku bintu bitandukanye bigomba kururanga ndetse...
Perezida Kagame yavuze ko bibabaje kuba hari amakoro ashyirwa mu iterambere rya Siporo ariko abantu bake bakayikubira. Yanenze kandi ibyo yise indagu ziba mu mupira w’amaguru,...