Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingengo Y’Imari Nke Mu Kudindiza Iterambere Mu Majyaruguru
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ingengo Y’Imari Nke Mu Kudindiza Iterambere Mu Majyaruguru

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 February 2024 12:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari abayobozi bagize Uturere tw’Intara y’Amajyaruguru bavuga ko kuba nta ngengo y’imari yagenewe gusana ibikorwa remezo byarangiritse, bibadindiza mu mihigo.

Bavuga ko kuba hari ubwo hatangwa amasoko ya Leta mu kubaka ibikorwa remezo ,agatangwa Akarere katarabigizemo uruhare.

Ibyo ngo hari ubwo biba ikibazo iyo ababyubatse babisondetse nyuma y’igihe gito bigasenyuka.

Ikibazo kibaho kandi ngo iyo habayeho ubugenzuzzi,(Audit), uturere tubyitirirwa kubera ko hatabonetse ubushobozi bwo kubisana bikabasubiza inyuma mu manota y’imihigo.

Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice yemeza ko iki kibazo koko gihari kandi kizwi.

Yijeje abo bayobozi kuzabakorera ubuvugizi ku nzego zisumbuyeho.

Yabasabye kwishakamo ibisubizo mu gusana ibyo bikorwa remezo ahashoboka biciye mu bafatanyabikorwa babo.

Ati: “Icyo ni ikibazo gihari Urwego rw’Intara rugomba gukorera ubuvugizi, ariko abayobozi b’Uturere turabagira inama ko kubaka ibikorwa by’iterambere ni byiza ariko tunabisigasire nk’uko umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta abitugiramo inama kugira ngo birusheho kuramba”

Asaba ko abaturage bajya babigiramo uruhare rugaragara binyuze mu muganda no mu bindi bikorwa bizamura imibereho y’abaturage.

Intara y’Amajyaruguru igizwe n’uturere twa Musanze, Burera, Gakenke, Gicumbi na Rulindo.

Umwaka ushize(2023) nta na kamwe kaje mu myanya icumi ya mbere.

Twose turi munsi y’umurongo utukura, ni ukuvuga munsi y’impuzandengo, ndetse n’iyi Ntara ikaba yaraje ku mwanya wa nyuma n’amanota 70.

TAGGED:AmajyarugurufeaturedIbikorwa remezoIntaraMugabowagahunde
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwanda 150 Bareze Guverinoma Y’u Rwanda
Next Article Hari Kuganirwa Uko Mu Rwanda Hakubakwa Ikigo Kigisha Kubungabunga Amahoro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?