Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inkuga Nini Yahawe Abarokotse Jenoside Ni Uburenganzira Ku Gihugu Cyabo- Perezida Wa IBUKA
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Inkuga Nini Yahawe Abarokotse Jenoside Ni Uburenganzira Ku Gihugu Cyabo- Perezida Wa IBUKA

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 March 2024 3:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr. Philbert Gakwenzire uyobora IBUKA avuga ko inkunga yahawe Abatutsi barokotse Jenoside ziri amoko abiri ariko ikomeye kurusha izindi ari uguhabwa uburenganzira mu gihugu cyabo.

Avuga ko ubwo buryo bubiri burimo ubwa mbere bwa Politiki rusange y’igihugu, iyi ikaba itandukanye cyane n’iyo Abatutsi babayemo mbere ya 1994 aho bimwaga uburenganzira mu gihugu cyabo.

Avuga ko iyi Politiki ari nziza kubera ko iha uburenganzira buri mu Munyarwanda ku gihugu cye.

Gakwenzire ati: “ Muri uru rwego rero abari bamaze kurokoka Jenoside yakorewe Abatutsi biyumvise mu gihugu cyabo kuko bari bamaze imyaka barimwe uburenganzira mu gihugu cyabo, batitwa abanyagihugu ahubwo ugasanga batotezwa, bakimwa n’icyo buri Munyarwanda wese yashoboraga kuba yabona”.

Perezida wa IBUKA avuga ko nyuma y’uko Abatutsi barokotse Jenoside baboneye ko bahawe uburenganzira mu gihugu cyabo, bahise batangira gukora biteza imbere kuko bari bizeye ko nta muntu uri bubakome imbere ngo ababuze uburenganzira bwabo.

Gakwenzire yabwiye RBA  ko kuba mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi hari ho ubutegetsi bwatumaga hari bamwe batahabwaga uburenganzira mu gihugu cyabo ari ibintu byatuma hari n’uwavuga ko “ u Rwanda rasanga nk’aho rutariho”.

Mbere y’uko u Rwanda rwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 30, abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bashimira Inkotanyi zayihagaritse kuko bemeza ko iyo zidatabara umugambi w’abakoze Jenoside wari gukomeza.

TAGGED:AbatutsiGakwenzireIBUKAInkotanyiJenoside
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Burera: Babagira Inka Hasi
Next Article Minisitiri Ingabire Mubafite Munsi Y’Imyaka 40 Bavuga Rikijyana Ku Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?