Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Intambara Iratutumba Hagati Ya Ethiopia Na Sudan
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Intambara Iratutumba Hagati Ya Ethiopia Na Sudan

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2021 2:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ingabo za Ethiopia zishe umusirikare wa Sudan ubwo zari mu kazi ko kugenzura umupaka ibihugu byombi bihuriyeho. Zamurahse ku wa Mbere tariki 08, Gashyantare, 2021.

Sudan nayo ivuga ko yise ‘abantu benshi ‘bari bambutse umupaka wa Ethiopia bakayivogera.

Umwuka mubi watangiye kuzamuka ku mpande zombi ubwo ingabo za Sudan zambukaga zikajya mu gace zivuga ko ari aka yo kandi na Ethiopia isanzwe ikita akayo

Ako gace gasanzwe gatuwemo n’abaturage b’aborozi bitwa Amhara kandi ni agace gafite ubutaka burumbuka.

Kugeza ubu Sudan yiyemeje ko igomba kwigarurira kariya gace mu gihe Ethiopia nayo yavuze ko itazakarekura uko byagenda kose.

Imirwano yabaye kuwa Mbere yatumye umwe mu bajenerali ba Sudan witwa Yasser Al Atta ajya muri kariya gace guhura n’ingabo ze zihakambitse.

Lt Gen Al Atta ni umwe mu basirikare bakuru bagize Inama y’Igihugu itegeka Sudan.

Iriya nama igizwe n’abantu 14 iyoborwa na Abdel Fattah Al Burhan.

Mu minsi mike ishize Minisitiri w’Intebe wa Sudan witwa  Abdalla Hamdok yagiye kwereka buriya butaka umwe mu bayobozi bo mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi, amubwira ko igihugu cye nta mugambi gifite wo kurwana na Ethiopia.

Ivomo: NEMA

TAGGED:EthiopiaIntambaraSudan
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article FERWAFA Yasobanuye Urugendo Rw’Amavubi Muri Cameroun
Next Article U Rwanda Na DRC Baganiriye ‘Ibyerekeye Amabuye Y’Agaciro’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Intambara Ya Dipolomasi Hagati Ya Israel Na Afurika Y’Epfo Irafata Indi Ntera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Abantu 200 Bishwe N’Ikirombe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu mahanga

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?