Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Intambara Iratutumba Hagati Ya Ethiopia Na Sudan
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Intambara Iratutumba Hagati Ya Ethiopia Na Sudan

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2021 2:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ingabo za Ethiopia zishe umusirikare wa Sudan ubwo zari mu kazi ko kugenzura umupaka ibihugu byombi bihuriyeho. Zamurahse ku wa Mbere tariki 08, Gashyantare, 2021.

Sudan nayo ivuga ko yise ‘abantu benshi ‘bari bambutse umupaka wa Ethiopia bakayivogera.

Umwuka mubi watangiye kuzamuka ku mpande zombi ubwo ingabo za Sudan zambukaga zikajya mu gace zivuga ko ari aka yo kandi na Ethiopia isanzwe ikita akayo

Ako gace gasanzwe gatuwemo n’abaturage b’aborozi bitwa Amhara kandi ni agace gafite ubutaka burumbuka.

Kugeza ubu Sudan yiyemeje ko igomba kwigarurira kariya gace mu gihe Ethiopia nayo yavuze ko itazakarekura uko byagenda kose.

Imirwano yabaye kuwa Mbere yatumye umwe mu bajenerali ba Sudan witwa Yasser Al Atta ajya muri kariya gace guhura n’ingabo ze zihakambitse.

Lt Gen Al Atta ni umwe mu basirikare bakuru bagize Inama y’Igihugu itegeka Sudan.

Iriya nama igizwe n’abantu 14 iyoborwa na Abdel Fattah Al Burhan.

Mu minsi mike ishize Minisitiri w’Intebe wa Sudan witwa  Abdalla Hamdok yagiye kwereka buriya butaka umwe mu bayobozi bo mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi, amubwira ko igihugu cye nta mugambi gifite wo kurwana na Ethiopia.

Ivomo: NEMA

TAGGED:EthiopiaIntambaraSudan
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article FERWAFA Yasobanuye Urugendo Rw’Amavubi Muri Cameroun
Next Article U Rwanda Na DRC Baganiriye ‘Ibyerekeye Amabuye Y’Agaciro’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?