Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Na Hezbollah Batangiye Agahenge Basabwe Na Amerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hezbollah Batangiye Agahenge Basabwe Na Amerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 November 2024 9:15 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu ingabo za Israel n’abarwanyi ba Hezbollah bahagaritse imirwano yo mu ntambara igiye kumara amezi atatu.

Saa kumi za mu gitondo ni ukuvuga saa munani ku isaha mpuzamahanga nibwo ishyirwa mu bikorwa ry’ako gahenge ryatangiye.

Nyuma y’uko bumvise iby’ako gahenge, hari abaturage ba Lebanon batangiye gutaha mu ngo zabo gusa Israel yababwiye ko badakwiye kubihubukira kuko Lebanon yose ikiri ahantu hateje akaga.

Hari abahanga bavuga ko Hezbollah ishobora kwigamba iby’uko Israel yamaze gucika intege, ariko bakemeza ko ntacyo byayimarira kuko bigaragara ko Israel itararangiza ibitero byayo.

Ndetse ngo mbere y’uko ako gahenge gatangira, ingabo za Israel zarashe ibisasu byinshi mu bice bya Lebanon.

Amerika niyo yasabye ko impande zihanganye ziba zisubije inkota mu rwubati.

Hafi mu mezi atatu ashize, nibwo Israel yatangije intambara muri Lebanon nyuma y’igihe Hezbollah yari imaze irasa muri Israel.

Iyo ntambara imaze guhitana abantu 3,500 abagera kuri miliyoni bavanywe mu byabo.

Hari icyizere ko aka gahenge kaba intandaro yo kurangiza intambara ariko nanone ibibazo Lebanon ntibirashira.

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Na Congo Bongeye Kwiyemeza Kurandura FDLR
Next Article U Rwanda Rwashyikirije Ubuhinde Umuturage Wabwo Ukekwaho Iterabwoba
- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?