Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Itegeko Ryo Gukina Shampiyona Abakinnyi Babana Ryakuweho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Itegeko Ryo Gukina Shampiyona Abakinnyi Babana Ryakuweho

admin
Last updated: 19 August 2021 6:47 pm
admin
Share
SHARE

Amabwiriza agenga imikinire ya shampiyona mu cyiciro cya kabiri mu Rwanda yavuguruwe, amakipe yemererwa ko abakinnyi bashobora kujya bataha mu ngo zabo, aho kuba ahantu hamwe nk’itegeko.

Mu buryo bwo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19, gukina shampiyona abakinnyi baba ahantu hamwe mu mwiherero ni bumwe mu bwifashishijwe, hagamijwe gukumira ko umuntu yahura n’abo hanze bakamwanduza.

Amabwiriza mashya yatangarijwe mu nama yabaye kuri uyu wa Kane, yahuje ubuyobozi bwa FERWAFA n’abayobozi b’amakipe yo mu kiciro cya kabiri. Yari igamije kurebera hamwe imigendekere myiza y’amarushanwa ahuza ayo makipe yo mu kiciro cya kabiri.

FERWAFA yatangaje ko Umunyamabanga mukuru wayo, Uwayezu F. Régis, yabasobanuriye impinduka zabaye ku mabwiriza yo kurwanya Covid-19 mu gihe cy’amarushanwa.

Imwe mu mpinduka zabaye “ni ingingo yategekaga ko abakinnyi babana yavuguruwe, kuri iyi nshuro amarushanwa akaba azakinwa abakinnyi bataha mu ngo zabo. Cyakora amakipe abyifuza akaba afite uburenganzira bwo gukina abakinnyi babana,” nk’uko Ferwafa yabitangaje.

Amakipe yamenyeshejwe amabwiriza agomba kubahirizwa, anamenyeshwa ibihano biteganyijwe mu gihe ingingo ziri muri ayo mabwiriza yaba atubahirijwe.

Yashishikarijwe kwihutira kwiyandikisha kwitabira aya marushanwa, kuko ari kimwe mu bizashingirwaho mu gihe cyo kunoza ingengabihe ya Shampiyona y’icyiciro cya kabiri mu bagabo.

TAGGED:COVID-19featuredFERWAFA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Bwongereza Bugiye Gusuzuma Icyemezo Cyafunze Ingendo Ziva Mu Rwanda
Next Article Mu Banyarwanda 26 Uganda Yari Ifunze Harimo Abana Babiri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?