Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Iteramakofe: Mukazayire Yasabye Ikipe Y’u Rwanda Kuzatahana Imidali
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Iteramakofe: Mukazayire Yasabye Ikipe Y’u Rwanda Kuzatahana Imidali

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 October 2025 7:22 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Minisitiri Mukazayire yabasabye kutazataha amara masa!
SHARE

Ubwo yasezeraga ku ikipe y’igihugu ikina iteramakofe ubwo yari igiye muri Kenya guhagararira u Rwanda, Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire yasabye abayigize kutazataha amara masa.

Nabo babimwijeje, igisigaye kikaba kuzareba uko bazahigura uwo muhigo bahaye Minisitiri.

Kuri uyu wa Kabiri nibwo abo basore bagiye muri Kenya hazabera iyi mikino iri butangire none tariki 15 kugeza 25, Ukwakira, 2025.

Uyoboye bagenzi be kapiteni Niyonzima Pacifique yavuze ko bagiye biteguye.

Ati: “Tumaze hafi amezi atatu dukora imyitozo kuko twabimenyeshejwe mbere ko hari amarushanwa. Tugiye dufite icyo dushaka kandi icyo ni ukuzana imidali ya mbere kuko ikipe yanjye ndayizeye.”

Abihurijeho n’umutoza w’ikipe y’igihugu Gatorano Jean Claude nawe wemeje ko abakinnyi be bameze neza kandi yizeye intsinzi.

Ati: “Mfite abakinnyi bameze neza, bariteguye bihagije. Bafite ingufu ndetse n’ubunararibonye ku buryo twizeye kuzahesha ishema igihugu tugatwara imidali ya zahabu.”

Mu gihe ari uko babivuga, ku rundi ruhande, iyi kipe ntiyaherukaga kwitabira irushanwa mpuzamahanga kuko hashize imyaka itandatu itayijyamo.

Ijyanye muri Kenya abakinnyi batandatu bazahatana mu byiciro bitandatu birimo abafite ibilo 54, 57, 63, 67, 71 na 75.

Biyemeje kuzatahana imidali ya zahabu.

Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire yabibukije ko bahagarariye igihugu.

TAGGED:featuredImidaliIteramakofeKenyaMukazayire
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 
Next Article Netanyahu Yavuze Ko Niba Hamas Itamanitse Amaboko Ijuru Rizayigwira
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?