Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: IVUGURUYE: Abantu 114 Nibo Bamaze Kubarurwa Ko Bishwe N’Umutingito Ukomeye Mu Majyepfo Ya Aziya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ibiza KamereMu mahanga

IVUGURUYE: Abantu 114 Nibo Bamaze Kubarurwa Ko Bishwe N’Umutingito Ukomeye Mu Majyepfo Ya Aziya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 March 2025 6:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cya Amerika gishinzwe kureba iby’imitingito US Geological Survey gitangaza ko mu Majyepfo ya Aziya hadutse umutingito ufite ubukana bwa 7.7 usenya byinshi mu Buhinde, Bangladesh, Laos, Myanmar, Thailand n’Ubushinwa.

Abahanga bapimye basanga uwo mutingito ufite isoko( epicentre mu Cyongereza) ahitwa Sagaing mu bilometero 16 uvuye mu Murwa mukuru wa Mynamar.

Kare ubwo twandikaga iyi nkuru, hari abafundi 43 barimo bubaka inzu ndende yahirimiye ahitwa Bangkok.

Gusa ubu amakuru aravuga ko abapfuye bagera ku 114.

BBC ivuga ko hari amakuru y’uko imihanda ica hejuru y’indi yahirimye, ikaba yiganjemo iyo mu Murwa mukuru wa Mynamar witwa Naypyidaw.

Hari n’indi yo mu Bushinwa yahuye n’ibibazo.

Abanyamakuru bakora ku rwego mpuzamahanga bavuga ko bigoye kumenya neza ibibera muri Myanmar kuko ubutegetsi bwa gisirikare buyibora iki gihugu bukunze kutemera ko ibikiberamo byose bijya ahagaragara.

Abo basirikare bafashe ubutegetsi mu mwaka wa 2021.

Birashoboka kandi ko imibare y’abahitanywe na kiriya kiza iri bwiyongere uko amasaha yicuma.

TAGGED:AmerikaAziyafeaturedUmutingito
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Burundi: Ese Niyo Ingoma Zahindura Imirishyo Byashyira Igihugu Ku Murongo?
Next Article Kagame Yasabye RIB Kwita Ku Bwenge Buhangano Mu Guhashya Ibyaha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?