Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: IVUGURUYE: Abantu 114 Nibo Bamaze Kubarurwa Ko Bishwe N’Umutingito Ukomeye Mu Majyepfo Ya Aziya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ibiza KamereMu mahanga

IVUGURUYE: Abantu 114 Nibo Bamaze Kubarurwa Ko Bishwe N’Umutingito Ukomeye Mu Majyepfo Ya Aziya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 March 2025 6:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cya Amerika gishinzwe kureba iby’imitingito US Geological Survey gitangaza ko mu Majyepfo ya Aziya hadutse umutingito ufite ubukana bwa 7.7 usenya byinshi mu Buhinde, Bangladesh, Laos, Myanmar, Thailand n’Ubushinwa.

Abahanga bapimye basanga uwo mutingito ufite isoko( epicentre mu Cyongereza) ahitwa Sagaing mu bilometero 16 uvuye mu Murwa mukuru wa Mynamar.

Kare ubwo twandikaga iyi nkuru, hari abafundi 43 barimo bubaka inzu ndende yahirimiye ahitwa Bangkok.

Gusa ubu amakuru aravuga ko abapfuye bagera ku 114.

BBC ivuga ko hari amakuru y’uko imihanda ica hejuru y’indi yahirimye, ikaba yiganjemo iyo mu Murwa mukuru wa Mynamar witwa Naypyidaw.

Hari n’indi yo mu Bushinwa yahuye n’ibibazo.

Abanyamakuru bakora ku rwego mpuzamahanga bavuga ko bigoye kumenya neza ibibera muri Myanmar kuko ubutegetsi bwa gisirikare buyibora iki gihugu bukunze kutemera ko ibikiberamo byose bijya ahagaragara.

Abo basirikare bafashe ubutegetsi mu mwaka wa 2021.

Birashoboka kandi ko imibare y’abahitanywe na kiriya kiza iri bwiyongere uko amasaha yicuma.

TAGGED:AmerikaAziyafeaturedUmutingito
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Burundi: Ese Niyo Ingoma Zahindura Imirishyo Byashyira Igihugu Ku Murongo?
Next Article Kagame Yasabye RIB Kwita Ku Bwenge Buhangano Mu Guhashya Ibyaha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?