Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ivuguruye: Kazungu Yakatiwe Gufungwa Iminsi 30 Y’Agateganyo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ivuguruye: Kazungu Yakatiwe Gufungwa Iminsi 30 Y’Agateganyo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 September 2023 1:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturiye urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro n’abandi bose babiboneye umwanya baje kare aho uru rukiko rwubatse hafi y’Ibiro by’Akarere ka Kicukiro ngo baze kumva ikatwa ry’urubanza rwa Kazungu Denis ku ifungwa cyangwa ifungurwa ry’agateganyo. Hashize isaha n’iminota irenga 15 Kazungu ataragera ku rukiko.

Icyakora mu nyuma gato yahageze. Nyuma yo kwinjizwa mu rukiko, inteko iburanisha yanzuye ko akatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo.

Ni ibintu bitamutunguye kuko ubwo yaburanaga by’ibanze yabwiye abacamanza ko umupira uri mu biganza byabo, ko badakwiriye kwemera ko ubacika.

Ubwo yageraga mu rukiko, ari ategerejwe n’abantu benshi aza arinzwe n’abapolisi bamuvana mu modoka ya RIB bamwinjiza vuba na bwangu rukiko.

Abanyamakuru  n’abaturage benshi bari bahuriye bamuvugiriza akaruru kubera ibyo ashinjwa byo kwica abantu umusubizo.

Icyumba ari busomererwemo kirinzwe n’abapolisi babiri bafite imbunda.

Rurasomerwa ku rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro

Urukiko rwavuze ko ibyagaragajwe n’Ubushinjacyaha bigize impamvu zikomeye zituma uregwa akekwaho gukora ibyaha akurikiranyweho.

Rwavuze ko aramutse arekuwe yabangamira iperereza, akaba yanagirira nabi abamutanzeho ubuhamya, bityo ko agomba gukurikiranwa afunze.

Ubwo yari ageze ku rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro

Mu masaha ya saa cyenda z’amanywa ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri nibwo inteko iburanisha yari yateguye kuza kwanzura.

Aba bahagaze ku muryango ngo barebe uko ari bwinjizwe mu ngoro y’urukiko
Abanyamakuru n’abaturage basanzwe bahuruye
Nirwo rubanza rushishikaje Abanyarwanda kurusha izindi
N’abana bato baje kureba uwo muntu uvugwaho kwica abandi umusubizo

Ibitekerezo By’Abanyarwanda K’Ukuba Kazungu Yaburanira Mu Muhezo

TAGGED:featuredKazunguKicukiroUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rugiye Kuberamo Imyitozo Y’Ingabo Za EAC
Next Article Iraq: Inkongi Yishe Abantu 100 Barimo Umukwe N’Umugeni
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?