Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Jean Pierre Bemba Yashyizwe Mu Buyobozi Bw’Ingabo Za DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Jean Pierre Bemba Yashyizwe Mu Buyobozi Bw’Ingabo Za DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 March 2023 2:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu bantu bayoboye inyeshyamba z’umutwe witwaga MLC  zamaze igihe zirwana muri Repubulika ya Centrafrique  witwa Jean Pierre Bemba yagizwe Minisitiri w’ingabo za DRC.

Yashyizwe muri Guverinoma nshya yaraye ishyizweho na Perezida Tshisekedi gizwe n’Abaminisitiri 57.

Bemba yigeze gufungwa imyaka 11 akurikiranyweho ibyaha by’intambara.

Yafunguwe mu mwaka wa 2018.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abashinjacyaha b’Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, bamushinjaga ibyaha  by’intambara bemezaga ko yakoreye muri Repubulika ya Centrafrique.

Ku byerekeye Politiki ya gisirikare ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ababikurikiranira hafi bavuga ko Jean Pierre Bemba yashyizwe muri iriya Minisiteri mu rwego rwo gushyira imbaraga za gisirikare mu guhangana n’umutekano muke uri mu Burasirazuba bw’igihugu cye no mu Ntara za Maï Ndombe na Kwilu.

Izi Ntara ziherereye mu Burengerazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Vital Kamerhe nawe yagaruwe muri Guverinoma y’iki gihugu ashingwa imibereho myiza y’abaturage.

Uyu mugabo yigeze kuba Umuyobozi mukuru w’Ibiro bya Perezida  Tshisekedi mbere y’uko atabwa muri yombi ashinjwa gukoresha nabi umutungo wa Leta.

- Advertisement -
TAGGED:BembaDemukarasiDRCfeaturedIngaboRepubulika
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rusesabagina Yaraye Mu Rugo Rwa Ambasaderi Wa Qatar
Next Article Abasigajwe Inyuma N’Amateka B’i Nyamagabe Barashaka Kwiga Gusoma
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?