Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Jeannette Kagame Yasuye Abana Bagizweho Ingaruka N’Ibiza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Jeannette Kagame Yasuye Abana Bagizweho Ingaruka N’Ibiza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 May 2023 12:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Madamu Jeannette Kagame yagiye mu karere ka Ngororero gusura abana bagizweho ingaruka n’ibiza biherutse kwibasira Intara  eshatu z’u Rwanda. Kuri uyu wa Gatanu yasuye rimwe mu marerero y’aho, aganira n’abana n’ababyeyi babo uko bamerewe nyuma y’ibyago byabagwiririye.

Yaganiriye n’abana bo mu Murenge wa Ngororero.

Asuye iki gice nyuma y’igihe gito Perizida Paul Kagame nawe asuye abo mu Karere ka Rubavu, akaganira n’abaturage.

Yasize abasezeranyije ko Guverinoma izakora uko ishoboye igashumbusha abashegeshwe na biriya biza.

Ibiza byabaye mu Rwanda mu ijoro ryo ku wa 02, Gicurasi, 2023 rishyira iryo ku wa03, uko kwezi, byahitanye Abanyarwanda 135.

Inzu nyinshi zarasenyutse, abaturage Babura aho barambika umusaya.

Nyuma y’ibi byose, Abanyarwanda bakoze uko bashoboye ngo bafatanye kuremera abahuye na kariya kaga.

TAGGED:featuredIbizaKagameNgororeroRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda:Inyama Z’Ingurube Zishobora Kuzongerwa Ku Ifunguro Ry’Abana Ku Ishuri
Next Article U Rwanda Rwagiranye Amasezerano Y’Ubufatanye Bwa Politiki Na Ukraine
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?