Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Jenerali Uyobora Gabon Yasuye u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Jenerali Uyobora Gabon Yasuye u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 October 2023 7:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Mbere taliki 16, Ukwakira, 2023 nibwo Perezida wa Gabon uherutse gukura ku butegetsi Ali Bongo yageze mu Rwanda. Nyuma yo guhura na bamwe mu baturage b’igihugu cye baba mu Rwanda, Gen Brice Clotaire Oligui Nguema yahuye na mugenzi we uyobora u Rwanda Paul Kagame.

Ku rubuga rwa X rw’Ibiro By’Umukuru w’u Rwanda, handitseho ko Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we ku bibazo bireba umubano hagati ya Kagali na Libreville, uko ibintu byifashe muri Afurika, uko byifashe mu Burasirazuba bw’Afurika ndetse n’ahandi ku isi.

Gen Brice Clotaire Oligui Nguema aherutse guhirika ku butegetsi Ali Bongo wari ukimara gutangazwa ko ari we watsinze amatora y’Umukuru w’igihugu ariko abasirikare banga kubyemera baramuhirika.

Abaturage bishimiye ibyakozwe n’ingabo zarindaga Bongo, bajya mu muhanda gushyigikira abahiritse Bongo.

TAGGED:BongofeaturedGabonKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Airtel Rwanda Igiye Kugeza Murandasi Ya 4G Kuri Miliyoni Y’Abanyarwanda Bitarenze 2024
Next Article Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza Yafungiwe GUTUKANA Mu Ruhame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

RIB Yafunze ‘Umunyamakuru’ Ukurikiranyweho Urugomo

AFC/M23 Ishinja Leta Ya Kinshasa Kutubahiriza Ibyo Guhana Imfungwa

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

Ubusuwisi: Abantu 40 Bahiriye Mu Kabari 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bunyoni Ararembye

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

Rwanda: Undi Mupolisi Yishwe N’Umuntu Wamugonze

Icyongereza Gike, Imiyoborere Idahwitse…Bimwe Mu Byatumye Abayobora Amashuri Birukanwa

You Might Also Like

Mu Rwanda

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?