Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Joe Biden Yaguye Ingabo Ze Zimureba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Joe Biden Yaguye Ingabo Ze Zimureba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 June 2023 9:10 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Kane taliki 01, Kamena, 2023 nibwo amashusho ya Perezida Joe Biden agwa yasakaye ku isi. Yari amaze kuvuga ijambo rishimira ingabo zo mu kirere igihe zimaze ziga.

Umuhango wabereye mu kigo cyazo kiri Colorado.

Arangije kuvuga ijambo rye, yahindukiye ngo ajye mu kiciro ariko aza gutsikira aratembagara.

Abamurinda ntibashoboye kumubuza kugera ku butaka, ariko yahise yeguka arongera ahagarara neza.

Yahindukiye yereka abamurinda ati: ” Ntimureba ko ntsitaye kuri uriya mufuka!?”. Yahatungaga urutoki, ubona ko bimuteye ipfunwe.

Ababirebaga bakutse umutima, ariko bahumurizwa no kubona yongeye ahagaze.

Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida w’Amerika witwa En LaBolt yanditse ko Biden ‘ameze neza.’

Abatumva ibintu kimwe nawe muri Politiki y’Amerika bavuga ko Joe Biden ashaje cyane k’uburyo ibyo aherutse gutangaza by’uko azongera kwiyamamariza kuyobora Amerika akwiye kubireka.

Joe Biden niwe Perezida wa Amerika wayiyoboye akuze kurusha abandi bose bamubanjirije.

Afite imyaka 80 y’amavuko kandi arashaka gukomeza kuyiyobora indi manda.

Icyakora si we Perezida w’Amerika wenyine uguye kuko na Gerald Ford yigeze kugwa ubwo yahushaga idarajya( escalier) ari kumanuka ava mu ndege.

Hari ikindi gihe Biden yigeze gutsikira ku madarajya ari kujya mu ndege ye

Ku ruhande rwa Biden, hari n’ikindi gihe yigeze gutsikira ari kurira ingazi imujyana mu ndege ya Perezida wa Amerika.

TAGGED:AmerikaBidenIngaboPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rubavu: Mu Mibiri 12 Imaze ‘Igihe’ Ku Murenge Ibiri Yaburiwe Inkomoko
Next Article Rwanda: Gusana Ibyangijwe N’Ibiza Mu Buryo Burambye Bizatwara Miliyari Frw 296
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

You Might Also Like

Mu mahanga

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ingabo Z’Uburundi Zirashinjwa Kwicisha Abanyamulenge Inzara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Abasirikare Ba Uganda Bicanye Bapfa Umugore

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

‘Rwabuze Gica’ Hagati Ya Ndayishimiye N’Abacuruza Lisansi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?