Kagame Ari I Dubai Mu Nama Yiga Ku Bidukikije

Staff Write
0 Min Read

Umukuru w’u Rwanda yageze i Dubai mu nama mpuzamahanga yiga k’ukurengera ibidukikije yitwa COP 20.

Ni inama iri butangire kuri uyu wa Gatanu ikaba izaganira aho politiki zo guteza imbere ibidukikije no guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere zigeze zishyirwa mu bikorwa.

Leta y’u Rwanda ivuga ko muri iyo nama izereka abazayitabira imishinga ya Guverinoma y’u Rwanda mu kurengera ibidukikije.

Umwe muri yo mishinga ni uwitwa Green Gicumbi Project.

Share This Article
Leave a Comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *