Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Ati: ‘Uko Muzatora Ndakwizeye’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Kagame Ati: ‘Uko Muzatora Ndakwizeye’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 July 2024 3:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukandida wa FPR Inkotanyi Paul Kagame yabwiye abaturage ba Gicumbi ko yizeye ko bazatora neza ubundi igihugu kigakomeza amajyambere.

Avuga ko ibyo Abanyarwanda bageze ho bafatanyije, ari byo bikwiye kuzakomeza.

Kagame avuga ko yizeye ko abanya Gicumbi n’abandi bo mu tundi turere bagomba kuzazinduka bakajya kwitabira amatora kandi ko yizeye uko bazatora.

Umukandida wa FPR-Inkotanyi yashimye abanya Gicumbi ko ibyo bari baramwijeje ko bazakora mu mwaka wa 2017 ubwo yazaga kwiyamamaza babigezeho .

Yababwiye ko ibyiza bikubye ubwinshi ibyagezweho bizagerwaho mu gihe kiri imbere.

Kagame yabwiye abaturage bari baje kumwumva ko amajyambere Abanyarwanda bifuza muri iki gihe bayakozaho imitwe y’intoki.

Yavuze ko ibyo bizagerwaho mu mbaraga n’ubwenge abakiri bato bafite.

Yijeje abaturage ba Gicumbi ko ntacyo bazaburana Inkotanyi.

Mu ijambo rye kandi yavuze ko nyuma y’uko amatora azarangira, azagaruka kwifatanya nabo kwishima.

Ati: ” Ndabizeye rwose kandi igihango mwavuze dufitanye kiracyari cya kindi”.

Kagame yabifurije amahoro y’Imana ahita arangiza kwiyamamaza kwe yakoreye muri aka Karere.

Kuri uyu wa Kane azakomereza mu Karere ka Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru.

TAGGED:AmatorafeaturedFPRGicumbiInkotanyiKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sudani Y’Epfo Yashinze Banki Nkuru Y’igihugu
Next Article Senateri W’Umunyamerika Wari Inshuti Ya Kagame Yatabarutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bukavu: Abantu Bahiriye Mu Nzu

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Muzaze Dushimire Imana Ibyiza Yagejeje Ku Gihugu-Amb Murigande

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bugiye Kubaka Gariyamoshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Gisagara: Abashakanye Baravugwaho Kwica Umuntu Muri 2021 Bamuta Mu Bwiherero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?