Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Ati: ‘Uko Muzatora Ndakwizeye’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Kagame Ati: ‘Uko Muzatora Ndakwizeye’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 July 2024 3:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukandida wa FPR Inkotanyi Paul Kagame yabwiye abaturage ba Gicumbi ko yizeye ko bazatora neza ubundi igihugu kigakomeza amajyambere.

Avuga ko ibyo Abanyarwanda bageze ho bafatanyije, ari byo bikwiye kuzakomeza.

Kagame avuga ko yizeye ko abanya Gicumbi n’abandi bo mu tundi turere bagomba kuzazinduka bakajya kwitabira amatora kandi ko yizeye uko bazatora.

Umukandida wa FPR-Inkotanyi yashimye abanya Gicumbi ko ibyo bari baramwijeje ko bazakora mu mwaka wa 2017 ubwo yazaga kwiyamamaza babigezeho .

Yababwiye ko ibyiza bikubye ubwinshi ibyagezweho bizagerwaho mu gihe kiri imbere.

Kagame yabwiye abaturage bari baje kumwumva ko amajyambere Abanyarwanda bifuza muri iki gihe bayakozaho imitwe y’intoki.

Yavuze ko ibyo bizagerwaho mu mbaraga n’ubwenge abakiri bato bafite.

Yijeje abaturage ba Gicumbi ko ntacyo bazaburana Inkotanyi.

Mu ijambo rye kandi yavuze ko nyuma y’uko amatora azarangira, azagaruka kwifatanya nabo kwishima.

Ati: ” Ndabizeye rwose kandi igihango mwavuze dufitanye kiracyari cya kindi”.

Kagame yabifurije amahoro y’Imana ahita arangiza kwiyamamaza kwe yakoreye muri aka Karere.

Kuri uyu wa Kane azakomereza mu Karere ka Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru.

TAGGED:AmatorafeaturedFPRGicumbiInkotanyiKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sudani Y’Epfo Yashinze Banki Nkuru Y’igihugu
Next Article Senateri W’Umunyamerika Wari Inshuti Ya Kagame Yatabarutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?