Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yafashe Mu Mugongo Umwami Wa Maroc Wapfushije Nyina
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yafashe Mu Mugongo Umwami Wa Maroc Wapfushije Nyina

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 July 2024 2:03 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kagame yoherereje umwami wa Maroc ubutumwa bwo kumufata mu mugongo nyuma y’urupfu rwa Nyina, umugabekazi Lalla Latifa.

Ubwo butumwa mu Kinyarwanda buragira buti: “ Mu izina ry’Abanyarwanda no mu izina ryanjye ku giti cyanjye, mboherereje ubu butumwa bwo kubafata mu mugongo kubera urupfu rw’umubyeyi wanyu umugabekazi Lala Latifa. U Rwanda rwifatanyije n’ubwami bwa Maroc n’abaturage bayo muri ibi bihe bitaboroheye”.

Ubutumwa bwa Perezida Kagame burerekana ko u Rwanda rufite kandi rwifuza gukomeza kugirana umubano mwiza n’ubwami bwa Maroc.

Umugabekazi Lalla Latifa yari umubyeyi wubashywe cyane mu bwami bwa Maroc, kandi urupfu rwe rwashegeshe abaturage b’ubu bwami.

Umugabekazi Lalla Latifa

Umwami wa Maroc Mohammed VI yigeze gusura u Rwanda na Perezida Kagame nawe mu mwaka wa 2016 yasuye ubwami bwa Maroc yambikwa umudali n’umwami Muhammed VI.

Abashoramari bo muri Maroc nabo bafite ibikorwa byinshi mu Rwanda birimo n’ibijyanye n’ubuhinzi.

Ubwami bwa Maroc bufite Ambasade mu Mujyi wa Kigali n’u Rwanda rukayigira i Rabbat mu Murwa mukuru.

Uwo ni Amb Shakilla Kazimbaya Umutoni.

TAGGED:AmbasaderifeaturedKagameKazimbayaMarocUbwami
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bufaransa: Imiyaga Muri Politiki Iraganisha He?
Next Article Stade Amahoro Izazamura Impano- Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

‘Gusaranganya Shisha Kibondo’ Ni Ruswa Nini Mu Rwego Rw’Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?