Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yaganiriye Na Perezida Wa Misiri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Kagame Yaganiriye Na Perezida Wa Misiri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 June 2024 7:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame yaraye ahuye na mugenzi we wa Misiri, Abdel Fattah El-Sisi uri mu bayoboye Inama Mpuzamahanga yiga ku kibazo cy’intambara ya Israel n’Umutwe wa Hamas muri Gaza.

Yagiranye ibiganiro n’abarimo Minisitiri w’Intebe wa Qatar, Sheikh Mohammed bin Abdulrahman bin Jassim Al Thani na Perezida w’Akanama k’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Charles Michel.

Iyi nama Perezida Kagame yitabiriye yabereye muri Jordanie ku kigo kitiriwe Umwami w’iki Gihugu ‘King Hussein Bin Talal Convention Centre’ giherereye ku Nyanja y’umunyu (Dead Sea).

Yitabiriwe kandi n’abandi bayobozi barimo Perezida wa Palestine Mahmoud Abbas, Umunyamabanga wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika Antony Blinken, ndetse n’Umuhuzabikorwa wa UN ushinwe ibikorwa by’ubutabazi Martin Griffiths.

Mu byaganiriweho , harimo kureba uko inkunga zatangwa, uko inzitizi zituma izo nkunga zitagera ku baturage bugarijwe n’ibibazo muri Gaza zavaho, ndetse no kureba ibibazo biri muri Gaza bigomba kwihutirwa gukemuka kurusha ibindi (recovery priorities).

Iyo nama kandi yaganiriwemo uko imyiteguro ikwiye gukorwa, hagamijwe gushaka igisubizo gihuriweho mu rwego rwo gutanga ubutabazi ku bibazo biri muri Gaza.

Ikindi kandi yari yitezwe ko yemerezwamo uburyo bwo gushyiraho ingamba zituma harimo ibikenewe byihutirwa bigomba guhita bikorwa bidatinze.

TAGGED:featuredKagameMisiriPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Visi Perezida Wa Malawi Yapfanye N’Abantu Icyenda
Next Article Nyagatare: Hatashywe Ibigega Binini Byo Guhunika Ibigori
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?