Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yageze I Muhanga Kwiyamamaza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Kagame Yageze I Muhanga Kwiyamamaza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 June 2024 2:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Paul Kagame umukandida wa FPR-Inkotanyi yageze mu Murenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga aho abantu barenga 200,000 baje kumwakira ngo bumve kwiyamamaza kwe bityo bazamutore.

Yasanze bamwiteguye bamwe baririmba ko azatsinda abo bahanganye kuko ‘yarukuye ku muheto’.

Urwo baba bavuga ni u Rwanda yabohoye ubwo yari ayoboye ingabo za APR-Inkotanyi zari ku rugamba rwo kubohora u Rwanda.

Ni intambara yamaze imyaka ine, irangira Inkotanyi zihagaritse na Jenoside yakorerwaga Abatutsi mu Rwanda hose.

Kagame yari mu modoka agenda asuhuza abo bantu aho bari bahagaze mu matsinda magari bamutegereje.

Kuri iki Cyumweru yari yiyamarije mu Murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu.

Mbere y’aho yari yabanjirije mu Karere ka Musanze ahitwa Busogo.

Mu byo yabwiye abari i Rubavu harimo ko kuba FPR yaroroje Abanyarwanda bakaba bafite inka nabo bakwiye kuzayitura binyuze mu gutora umukandida wayo.

Icyo yaboneyeho no kwereka abari aho abahagarariye amashyaka yiyemeje gushyigikira umukandida wa FPR ari we Kagame ubwe.

Yabashimiye ko babihisemo, avuga ko nabo ari Abanyarwanda bixfuza ko igihugu cyabo gitera imbere.

TAGGED:featuredInkotanyiKagameMuhanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Koreya Y’Epfo: Uruganda Rukora Batteries Rwaturitse Hapfa Benshi 
Next Article Kagame Avuga Ko FPR Yaciye Ubuhunzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?