Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yakiriye Umuyobozi Muri Kaminuza Yitwa Coventry Yo Mu Bwongereza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Yakiriye Umuyobozi Muri Kaminuza Yitwa Coventry Yo Mu Bwongereza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 February 2022 4:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma ya saa sita kuri uyu wa Gatatu taliki 02, Gashyantare, 2022 Perezida Paul Kagame yakiriye mu Biro bye Prof John Latham uyobora Ikigo kitwa Coventry University Group gifite na Kaminuza yitwa Coventry University. Yari ari kumwe n’Umuyobozi w’iyi Kaminuza muri Afurika witwa Prof Silas Lwakabamba.

Kaminuza ya Coventry University yatangiye mu mwaka wa 1843 ariko igenda yaguka kandi ifata ubundi buzima gatozi igera n’ahantu henshi ku isi.

Kuva icyo gihe ubuyobozi bwayo bwatangiye gukora butikoresheje kugira ngo imenyekane hirya no hino ku isi iza no kugera mu Rwanda.

Prof John Latham

Amasomo atangwa muri iyi Kaminuza yiganjemo  ay’imyuga, byose bigakorwa hagamijwe kuzamura ireme ry’uburezi bujyanye n’uko imibereho yo muri iki gihe iteye.

TAGGED:BwongerezafeaturedKagameKaminuzaLwakabamba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ellen DeGeneres Yafunguye Mu Rwanda Ikigo Kizafasha Kubungabunga Ingagi
Next Article Yagiye Gukora Ikizamini Cy’Ibinyabiziga Atapimwe Bamusabye Kubikora Ahimba Ubutumwa Bwa RBC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?