Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yakiriye Umuyobozi Muri Kaminuza Yitwa Coventry Yo Mu Bwongereza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Yakiriye Umuyobozi Muri Kaminuza Yitwa Coventry Yo Mu Bwongereza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 February 2022 4:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma ya saa sita kuri uyu wa Gatatu taliki 02, Gashyantare, 2022 Perezida Paul Kagame yakiriye mu Biro bye Prof John Latham uyobora Ikigo kitwa Coventry University Group gifite na Kaminuza yitwa Coventry University. Yari ari kumwe n’Umuyobozi w’iyi Kaminuza muri Afurika witwa Prof Silas Lwakabamba.

Kaminuza ya Coventry University yatangiye mu mwaka wa 1843 ariko igenda yaguka kandi ifata ubundi buzima gatozi igera n’ahantu henshi ku isi.

Kuva icyo gihe ubuyobozi bwayo bwatangiye gukora butikoresheje kugira ngo imenyekane hirya no hino ku isi iza no kugera mu Rwanda.

Prof John Latham

Amasomo atangwa muri iyi Kaminuza yiganjemo  ay’imyuga, byose bigakorwa hagamijwe kuzamura ireme ry’uburezi bujyanye n’uko imibereho yo muri iki gihe iteye.

TAGGED:BwongerezafeaturedKagameKaminuzaLwakabamba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ellen DeGeneres Yafunguye Mu Rwanda Ikigo Kizafasha Kubungabunga Ingagi
Next Article Yagiye Gukora Ikizamini Cy’Ibinyabiziga Atapimwe Bamusabye Kubikora Ahimba Ubutumwa Bwa RBC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?