Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yitabiriye Umuhango Wo Guha Impamyabumenyi Abarangije Kaminuza Ya ALU
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Kagame Yitabiriye Umuhango Wo Guha Impamyabumenyi Abarangije Kaminuza Ya ALU

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 June 2024 1:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo guha abanyeshuri bo muri Kaminuza yigisha ubuyobozi , Africa Leadership University, impamyabumenyi. Yanahaherewe icyemezo cy’ubucuti afitanye n’ubuyobozi bw’iyi Kaminuza.

Mu ijambo rye, Perezida Kagame yashimiye abamuhaye impamyabumenyi, avuga ko ubumenyi bahaherewe bugomba kuzaba ingirakamaro kuri bo no ku gihugu muri rusange.

Avuga ko u Rwanda rwishimira ko rwubatswemo iriya Kaminuza kugira ngo ihe abanyeshuri ubumenyi bakeneye mu by’ubuyobozi baba abakomoka mu Rwanda n’ahandi muri Afurika.

Perezida Kagame avuga ko Afurika ifite ubushobozi bwo kwikemurira ibibazo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ati: “ Tugomba kumenya guhangana n’ibibazo bitureba ubwacu kandi tukumva ko kubikora gutyo ari ibintu byihutirwa”.

Kagame avuga ko ababyeyi bo muri Afurika bagombye kwinjiza mu bana babo amahame y’uko ibintu bikwiye gukorwa, y’uko ari bo mizero y’umugabane wabo.

Yasabye abarangije amasomo yabo muri iriya Kaminuza kumva ko ibibazo by’umugabane w’Afurika ari bp bazabibonera umuti.

Avuga ko u Rwanda rwasanze ari rwo rukwiye kwishakira ibisubizo kandi rubikora mu buryo bwose bushoboka, rwirinda gucika intege.

Kuri we, icy’ingenzi ni ugukorana umurava nta gucika intege.

- Advertisement -
TAGGED:featuredImpamyabumenyiKagameKaminuza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Abashatse Guhirika Ubutegetsi Baragezwa Mu Rukiko
Next Article Senateri Mupenzi YEGUYE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?