Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kalimpinya Arataka Ko Imodoka Bakoresha Mu Isiganwa Zishaje
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Kalimpinya Arataka Ko Imodoka Bakoresha Mu Isiganwa Zishaje

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 October 2024 8:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu Banyarwanda[kazi] bitabiriye isiganwa ry’imodoka ryabaye mu mpera z’Icyumweru gishize witwa Queen Kalimpinya avuga ko impamvu ikomeye ituma batitwara neza cyane ari uko bakoresha imodoka zishaje.

Karan Patel na Tauseef Khan bo muri Kenya batwara imodoka ya Skoda Fabia R5 nibo begukanye isiganwa mpuzamahanga rya Rwanda Mountain Gorilla Rally 2024 riherutse.

Umwanya wa kabiri n’uwa gatatu w’iri siganwa ryabereye mu mihanda yo mu karere ka Bugesera nayo abakinnyi bo muri Uganda barayegukana.

Kalimpinya Queen uri mu bakinnyi b’u Rwanda bitabiriye ririya siganwa ariko ntibagera kure mu kuritsinda.

Yabwiye BBC  ko ikibazo ari uko bakoresha imodoka zishaje.

Ririya siganwa ryitabiriwe n’abantu 21 ariko abarirangije ni abantu 16.

Ku manota 35 isiganwa ryo mu Rwanda ryari rifite ku ngengabihe y’Afurika,  Patel yahise agira amanota yose hamwe 140 mu gihe umukurikiye mu guhatanira ikamba rya Afurika Jass Mangat wo muri Kenya afite gusa amanota 28.

Isiganwa rya nyuma risoza shampiona y’Afurika rizabera muri Kenya mu mpera z’ukwezi gutaha kwa Ugushyingo.

TAGGED:featuredimodokaIshajeKalimpinyaKenya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kigali: Bisi Zigiye Gushakirwa Inzira Yazo Zonyine
Next Article Nyabihu: Inzu Z’Abacuruzi Zafashwe N’Inkongi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?