Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kamerthe Ntashira Amakenga Iby’Amasezerano Y’Amahoro Ya DRC N’u Rwanda 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Kamerthe Ntashira Amakenga Iby’Amasezerano Y’Amahoro Ya DRC N’u Rwanda 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 May 2025 3:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Kabiri Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Vital Kamerthe yavuze ko Abadepite bagba gusesengura ingingo zose zikubiye mu masezerano y’amahoro areba igihugu cye n’u Rwanda.

Abivuze mu gihe hasigaye igihe gito ngo Amerika yemeze ayo masezerano kandi asinyirwe mu Biro bya Donald Trump.

Kamerthe yabwiye bagenzi be ko icyo cyifuzo ari icya Perezida Felix Tshisekedi wamusabye ko ibintu byose bireba ubuzima bw’igihugu bikubiye muri ayo masezerano akinozwa bigomba kuganirirwa mu Nteko, ikabitangaho umurongo mbere y’uko Guverinoma ayoboye ibisinya.

Itangazo yagejeje ku bandi bagize inteko, Vital Kamerthe yababwiye ko bakwiye kwicarana bose uko bakabaye bakiga buri dosiye mu buryo burambuye kugira ngo hatazagira ingingo Guverinoma yibeshyaho ikayisinya kandi kuyisinyura byaba bitagishobotse.

Muri ryo handitswemo ko nta kintu Inteko ikwiye kwemeza gifite aho gihuriye no gutakaza ubutaka cyangwa amabuye y’agaciro ya DRC.

Muri iki gihe hari ibiganiro bitatu bigamije ko DRC yatekana kandi ikabana neza n’u Rwanda.

Uretse ibiri guhurizwa hamwe bya EAC na SADC ku buhuza bwa Afurika yunze ubumwe, umuhuza akaba Faure Gnagnisbe, hari ibindi biyobowe na Amerika ku buhuza bwa Qatar bibera i Doha.

Ku ruhande rumwe, DRC iganira na M23 , ku rundi ikaganira n’u Rwanda.

TAGGED:AmasezeranofeaturedIntambaraKamertheM23Rwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article BAL: Ikipe Ya Libya Yatsinze APR BBC Yari Imaze Igihe Yitwaye Neza
Next Article Hagiye Kongera Kwibukwa Imiryango Y’Abatutsi Yazimye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Wa Mozambique Yasuye Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Zahabu

Musanze: Babwiye Polisi Ikibatera Kwiba

Bukavu: Abantu Bahiriye Mu Nzu

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Muzaze Dushimire Imana Ibyiza Yagejeje Ku Gihugu-Amb Murigande

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bugiye Kubaka Gariyamoshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?