Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kamonyi: Abanyeshuri 13 Bakomerekeye Mu Mpanuka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Kamonyi: Abanyeshuri 13 Bakomerekeye Mu Mpanuka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 February 2025 3:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imodoka itwara abanyeshuri yakoreye impanuka mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Rugarika ikomerekeramo abana 13.

Abo banyeshuri biga mu kigo Elite Parents School.

Umuyobozi w’iri shuri witwa Oswald Tuyisenge avuga ko bariya bana bakomeretse ubwo buriraga imodoka ibajyana ku ishuri maze haza ikamyo ikabagonga.

Ati: “Ikamyo yasanze abana bari kwijira muri bisi irabagonga ku bw’amahirwe nta wacitse ukuguru, nta wacitse ukuboko, ku buryo hari n’abatangiye gusezererwa kwa muganga”.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Avuga ko byabaye mu gitondo ubwo abana berekezaga ku ishuri kandi ababyeyi babo babimenyeshejwe bikiba.

Abajyanywe kwa muganga bakomeje kwitabwaho n’abaganga n’ababyeyi babo kandi amakuru atangwa na Kigali Today avuga ko batangiye koroherwa.

Mu bana bahuye na kiriya kibazo, batatu nibo bamerewe nabi.

Abandi bajyanywe kuvurirwa ku bitaro bya CHUK i Kigali, abandi bajyanwa kuvurirwa ku bitaro bya Remera-Rukoma mu Karere ka Kamonyi.

Dr. Nahayo Sylvere uyobora Akarere ka Kamonyi, avuga ko bamenye ayo makuru bahita bakorana n’inzego z’umutekano zikuhutira gutabara.

- Advertisement -

Yasabye abakoresha umuhanda kujya bitwararika cyane cyane mu gihe mu muhanda hari umubyigano w’ibinyabiziga.

Umuhanda Kigali-Kamonyi-Muhanga uri mu mihanda ikoreshwa cyane, ikunze kubamo umubyigano.

Amakamyo nayo awucamo ku bwinshi ava cyangwa ajya kuzana umucanga, amabuye n’itaka byo kubakisha inzu zo muri Kigali cyangwa muri Kamonyi.

TAGGED:AbanaimodokaImpanukaKamonyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hamas Yahaye Israel Umurambo Utari Uw’Umuturage Wayo
Next Article Abagaba B’Ingabo Muri EAC Baganiriye Ku Kibazo Cya DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?