Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kamonyi: Impanuka Ikomeye Yishe Abantu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kamonyi: Impanuka Ikomeye Yishe Abantu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 March 2024 2:38 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Gacurabwenge mu Karere ka Kamonyi hafi y’urwibutso rw’Akarere habereye impanuka ikomeye yaguyemo abantu bataramenyekana umubare.

Umuvugizi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano mu muhanda Superindentent of Police ( SP) Emmanuel Kayigi yabwiye Taarifa ko amakuru yabonye ku ikubitiro yavugaga ko umuntu umwe ari we wahise ahagwa.

SP Emmanuel Kayigi, Umuvugizi w’ishami rya Polisi rishinzwe umutekano mu muhanda

Icyakora avuga ko imibare ishobora kuzamuka kuko imodoka yakoze impanuka yari minibisi yamanukaga aho Gacurabwenge ibura feri igenda igonga iziyiri imbere, nayo irenga umuhanda igwa mu manga kandi yari irimo abantu barenga 10.

Avuga ko abantu bakomeretse bikomeye ari benshi, imbangukiragutabara n’abandi bafite ibinyabiziga bari gufasha kugeza inkomere kwa muganga.

SP Kayigi avuga ko bagikusanya amakuru kuri iyi mpanuka bikaza kumenyekana mu buryo burambuye mu masaha ari imbere.

Umwe mu baturage babonye biba yabwiye itangazamakuru ko tagisi minibisi yaturukaga ku Kamonyi igeze mu ikoni riri hafi aho ibura feri.

Ati: “ Shoferi na komvuwayeri babonye bibaye barayisimbuka, ariko shoferi aravunika”.

Iyo tagisi minibisi ngo yakubise utuvatiri tubiri yasanze hafi aho irenga ibisima bikikije umuhanda igwa hirya.

Kuri X hari ijwi ry’umuturage wumvikana avuga ko abantu 14 ari bo bapfiriyemo.

Uyu mubare ariko Polisi ntirawemeza, icyakora nayo yemeza ko hari abantu benshi hakomeretse bikomeye.

Iyi mpanuka yabereye hafi y’ahubatse urwibutso rwa Jenoside rw’Akarere ka Kamonyi
TAGGED:featuredImpanukaKamonyiKayigi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasabo: Jali Haturikiye Grenade
Next Article Inteko Rusange Ya FPR-Inkotanyi Igiye Guterana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?