Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kamonyi: Umwana W’Imyaka 13 ‘YIYAHUYE’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kamonyi: Umwana W’Imyaka 13 ‘YIYAHUYE’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 March 2023 2:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru aturuka mu Mudugudu wa Nyarusange, mu Kagari ka Taba, Umurenge wa Rukoma mu Karere ka Kamonyi haravugwa inkuru y’uko umwana w’imyaka 13 yiyahuye.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane taliki 16, Werurwe, 2023 nibwo bamusanze mu giti cy’avoka amanitsemo yapfuye.

Umwe mu baduha amakuru bo muri kariya gace yavuze ko uriya mwana yari umuhungu bahimbaga BEBE akaba yabaga kwa Nyirakuru kuko Nyina yari yarahamubyariye arahamuta arigendera.

Aho kwa Nyirakuru, yabanaga na Nyirarume n’undi mugabo bivugwa ko yari afite intege nke.

Twamenye ko mbere y’uko biriya biba, uriya mwana yabanje gushyamirana na Nyirarume bivugwa ko yamuhozaga ku nkeke.

Nyina w’uriya mwana yashatse mu Kagari jka Gisheshe gaturanye n’ako umwana yiyahuriyemo.

Umwana wiyahuye ntiyigaga.

Umurambo we urashyingurwa kuri uyu wa Gatanu taliki 17, Werurwe, 2023.

Ubwo twabazaga Umunyamabanga nshingwabikorwa  w’Akagari witwa Josiane Nyirarukundo yadusubije ko ntacyo yadusubiza kucyo ari cyo cyose twamubaza kubera ko atemerewe gutanga amakuru.

Ngo ‘umuyobozi w’Akarere’ niwe wenyine ubyemerewe.

Hagati aho urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwaje gufata uriya murambo ujya gusuzumwa.

TAGGED:AvokaIgitiKwiyahuraUmwana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gatsibo: Ikigo Cy’Amashuri Kirashinjwa Kuvunisha Abana
Next Article Polisi Y’u Rwanda Irasaba Abatunze Moto Kuzishyiraho Icyuma Cya GPS
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?