Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kamonyi: Yamaze Amasaha 29 Yagwiriwe N’Ikirombe Bamusanga Ari Muzima
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Kamonyi: Yamaze Amasaha 29 Yagwiriwe N’Ikirombe Bamusanga Ari Muzima

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 February 2024 7:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo witwa Gafurafura Claver w’imyaka 47 y’amavuko yatabawe akiri muzima nyuma y’amasaha 29 yagwiriwe n’ikirombe.

Mugenzi we wahuye n’ibi byago witwa Niyonsaba Eric w’imyaka 43 y’amavuko we yakuwemo yapfuye.

Ku wa 31, Mutamara, 2024 nibwo mu Karere ka Kamonyi, mu Murenge wa Rugarika, Akagari ka Nyarubuye, Umudugudu wa Ndagwa, abagabo babiri bagwiriwe n’ikirombe.

Gafurafura Claver wabashije gutabarwa yakuwemo urutoki rwacitse ariko agihumeka.

Yavuze ko ibuye ryamuguye hejuru ari ryo ryaciye urutoki rwe.

Ubuyobozi bwahise bushaka uko agezwa kwa muganga.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rugarika, Nkurunziza Jean de Dieu yashimiye abaturage bitanze bashakisha uko bakura aba baturage mu kuzimu none birashobotse n’ubwo umwe yakuwemo yapfuye.

Ifoto@UMUSEKE.RW

TAGGED:IkirombeKamonyiRugarikaUmuturage
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngororero: Ababyaza Bakurikiranyweho Gukomeretsa Uruhinja Rugapfa
Next Article Kuri Sainte Famille Hahiye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?