Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kamonyi: Yishe Umugore We Nyuma Yandika Asobanura Impamvu…
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kamonyi: Yishe Umugore We Nyuma Yandika Asobanura Impamvu…

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 August 2022 9:55 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Kagari ka Kazirabonde, Umurenge wa Ngamba Mu Karere ka Kamonyi hari umugabo witwa Nsabimana Didace wiyahuye nyuma yo kwica umugore we. Yanditse ibaruwa isobanura impamvu z’ibyo yakoze n’uko abana babo bazagabana imitungo.

Umugore we yitwaga Brigitte Uwingabire akaba yari afite imyaka 46 y’amavuko n’aho uriya mugabo yari afite imyaka 48 y’amavuko.

Nsabimana yicishije umugore we ifuni arangije yandika mu ikayi nini icyabimuteye hanyuma nawe ariyahura.

Umunyamakuru wa UMUSEKE  muri Kamonyi avuga ko Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ngamba witwa Samuel Majyambere yabahamirije iby’ariya makuru kandi ngo byabaye Taliki 28, Kanama, 2022 mu masaha y’ijoro.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hari amakuru avuga ko hari umugabo ukora kuri SACCO wajyaga konera urugo rwa Didace, aza kubimenya bituma afata uriya mwanzuro.

Ni bimwe mu bikubiye mu ibaruwa uriya mugabo yasize yanditse.

Ikindi ni uko Nsabimana yasize yanditse n’uburyo abana babo bazasaranganya imitungo ndetse n’uko bazabashyingura[we n’umugore we].

Gitifu Majyambere  ati: “Yandikiye[Nsabimana] Umuryango awusobanurira ko kumuca inyuma aribyo amujijije.”

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ngamba avuga ko bikirangiza kuba, Ubugenzacyaha bwahageze buhita butangira iperereza.

- Advertisement -

Ba nyakwigendera bari bafitanye abana bane (4) ni ukuvuga abahungu batatu n’umukobwa.

Imirambo yabo yabanje kujyanwa mu bitaro bya Remera Rukoma kugira ngo isuzumwe, bashyingurwa kuri uyu wa Mbere Taliki 29, Kanama, 2022.

TAGGED:GitifuIfuniKamonyiUmugabo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngoma: Abana Basaba Ababyeyi Ibyo Bashaka Ntibabibahe, Nabyo Ni Ihohoterwa
Next Article Polisi Yishe Abaturage 18
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?