Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kamonyi: Yishe Umugore We Nyuma Yandika Asobanura Impamvu…
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kamonyi: Yishe Umugore We Nyuma Yandika Asobanura Impamvu…

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 August 2022 9:55 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Kagari ka Kazirabonde, Umurenge wa Ngamba Mu Karere ka Kamonyi hari umugabo witwa Nsabimana Didace wiyahuye nyuma yo kwica umugore we. Yanditse ibaruwa isobanura impamvu z’ibyo yakoze n’uko abana babo bazagabana imitungo.

Umugore we yitwaga Brigitte Uwingabire akaba yari afite imyaka 46 y’amavuko n’aho uriya mugabo yari afite imyaka 48 y’amavuko.

Nsabimana yicishije umugore we ifuni arangije yandika mu ikayi nini icyabimuteye hanyuma nawe ariyahura.

Umunyamakuru wa UMUSEKE  muri Kamonyi avuga ko Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ngamba witwa Samuel Majyambere yabahamirije iby’ariya makuru kandi ngo byabaye Taliki 28, Kanama, 2022 mu masaha y’ijoro.

Hari amakuru avuga ko hari umugabo ukora kuri SACCO wajyaga konera urugo rwa Didace, aza kubimenya bituma afata uriya mwanzuro.

Ni bimwe mu bikubiye mu ibaruwa uriya mugabo yasize yanditse.

Ikindi ni uko Nsabimana yasize yanditse n’uburyo abana babo bazasaranganya imitungo ndetse n’uko bazabashyingura[we n’umugore we].

Gitifu Majyambere  ati: “Yandikiye[Nsabimana] Umuryango awusobanurira ko kumuca inyuma aribyo amujijije.”

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ngamba avuga ko bikirangiza kuba, Ubugenzacyaha bwahageze buhita butangira iperereza.

Ba nyakwigendera bari bafitanye abana bane (4) ni ukuvuga abahungu batatu n’umukobwa.

Imirambo yabo yabanje kujyanwa mu bitaro bya Remera Rukoma kugira ngo isuzumwe, bashyingurwa kuri uyu wa Mbere Taliki 29, Kanama, 2022.

TAGGED:GitifuIfuniKamonyiUmugabo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngoma: Abana Basaba Ababyeyi Ibyo Bashaka Ntibabibahe, Nabyo Ni Ihohoterwa
Next Article Polisi Yishe Abaturage 18
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kirehe: Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzima

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?