Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kanyinya- Shyorongi: Impanuka Yahitanye Umuntu Ikomeretsa Bikomeye Abandi 15
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kanyinya- Shyorongi: Impanuka Yahitanye Umuntu Ikomeretsa Bikomeye Abandi 15

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 September 2022 5:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu masaha ashyira umugoroba mu Murenge wa Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge uva cyangwa ugana Shyorongi mu Karere ka Rulindo habereye impanuka ikomeye yatewe n’ikamyo yagonze tagisi yazamukaga ijya i Musanze.

Ni impanuka ikomeye kubera ko iyo kamyo yataye umuhanda ikubita minibus iyirebesha aho yaturukaga.

Umuvugizi w’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano mu muhanda Senior Superintendent of Police( SSP) René Irere yabwiye Taarifa ko mu bantu 17 bari bari muri minibus babiri gusa ari bo bashoboye kuvamo badakomeretse na gato.

Icyakora ntawamenya niba bataviriye imbere cyangwa niba nta kibazo kindi bagize.

SSP Irere kandi yatubwiye ko imbangukiragutabara zahise ziza kujyana abakomeretse  mu bitaro bitandukanye mu Mujyi wa Kigali.

Ikindi ni uko ikamyo yateje iriya mpanuka yambaye ibiyiranga byo muri Tanzania.

Shoferi wa minibus witwa Silam Majyambere yahise ahasiga ubuzima.

TAGGED:featuredImpanukaShyorongi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Lecanemab: Umuti Ufasha Abageze Mu Zabukuru Kutibagirwa
Next Article Kabuga Araburana Mu Mizi, IBUKA Isanga Kuba Arwaye Bitagomba Kubuza Ubutabera Gutangwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?