Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya: Abantu 12 Baguye Mu Mpanuka Y’Indege
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya: Abantu 12 Baguye Mu Mpanuka Y’Indege

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 October 2025 11:22 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Iyi ndege yaguyemo abantu 12 biganjemo ba mukerarugendo. Ifoto: The Citizen.
SHARE

Abantu  12 biganjemo ba mukerarugendo bapfiriye mu mpanuka y’indege yabereye ahitwa Tshimba Golinin mu Ntara ya Kwali muri Kenya.

The Citizen yanditse ko iyi mpanuka yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki 28, Ukwakira, 2025 nyuma y’uko iyo ndege yitwa 5Y-CCA yari ihagurutse ku kibuga cya Diani ikananirwa gukomeza ikirere ikiyesura ku butaka.

Urwego Rushizwe Indege za Gisivili muri Kenya rwemeza ko iyi ndege yakoze impanuka saa kumi n’imwe n’iminota 30 za mu gitondo, Leta ikaba ikomeje iperereza ngo hamenyekanye icyateye impanuka.

Umunyamakuru wa Citizen TV avuga ko ubwo iyo ndege yaturaga hasi yahise iturika, iragurumana.

Inzego z’umutekano n’iz’ubutabazi zahise zitabara ngo harebwe icyateye iyi mpanuka, gusa zakumiriwe n’uko ikirere cyo muri Kenya kitameze neza muri iki gihe.

Ikinyamakuru Kenya Times cyanditse ko ingabo za Kenya zirwanira mu kirere ziri mu zahurujwe ngo zige kucyaba cyateye iyi mpanuka ikomeye.

TAGGED:IkirereImpanukaIndegeKenyaMukerarugendo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Menya Itegeko Ryavuguruwe Ry’Umutungo Bwite Mu By’Ubwenge Rikurikizwa Mu Rwanda
Next Article Trump Arashaka Gukura Ubushinwa Ku Ntebe Y’Isi Mu Kugura Amabuye Y’Agaciro ‘Adasanzwe’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Tekeniki Zifasha Inyoni Kuguruka Zigishije Abantu Gukora Indege

Intambara Ya Dipolomasi Hagati Ya Israel Na Afurika Y’Epfo Irafata Indi Ntera

DRC: Abantu 200 Bishwe N’Ikirombe

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Burundi: Ndikuriyo Yongeye Gutorerwa Kuba Umunyamabanga Mukuru Wa CNDD-FDD

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ububiligi Bwijeje DRC Gukomeza Kuyiba Hafi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?