Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya: Bisi Yahitanye Abantu 16 Barimo Abanyeshuri Ba Kaminuza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya: Bisi Yahitanye Abantu 16 Barimo Abanyeshuri Ba Kaminuza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 March 2023 8:20 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida William Ruto yafashe mu mugongo imiryango yaraye iburiye abayo mu mpanuka yabereye mu muhanda uhuza Nairobi na Nakuru. Yahitanye abantu 16 harimo abanyeshuri batatu ba Kaminuza yitwa Pwani University n’abandi.

The Star yanditse ko bisi yakoze impanuka yari irimo abantu 30.

Perezida Ruto yanditse ati: “ Imitima yacu yifatanyije n’ababuriye ababo mu mpanuka yabereye  Naivasha barimo abiga muri Kaminuza ya Pwani. Birababaje kuba abayiguyemo barimo abanyeshuri bari bafite ibitekerezo byo kuziteza imbere no guteza imbere igihugu cyabo. Turasengera n’abakomeretse ngo bakire vuba.”

Iyi mpanuka yababaje benshi barimo n’umugabo utavuga rumwe na Ruto witwa Raila Odinga.

Bivugwa ko iriya mpanuka yatewe n’uko bisi yabuze feri igonga imodoka eshanu nyuma ihirima mu manga.

Umuyobozi ushinzwe uburezi muri Kenya witwa Ezekiel Machogu avuga ko bamwe mu banyeshuri bakomeretse boherejwe mu bitaro byitwa  Kenyatta National Hospital abandi boherezwa ahitwa  Naivasha Level 4 Hospital.

Abantu 60 barimo abari muri bisi n’abari mu zindi modoka bakomeretse cyane.

TAGGED:AbanyeshurifeaturedImpanukaKaminuzaKenyaKenyatta
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisitiri W’Urubyiruko Mushya Yibukijwe Akamaro Ko Kwita Ku Muco Mu Bakiri Bato
Next Article Rubavu: Baracyaroba Amafi Atarakura Bikagabanya Umusaruro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?