Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya ‘Ishobora’ Kuzayoborwa Visi Perezida W’Umugore
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya ‘Ishobora’ Kuzayoborwa Visi Perezida W’Umugore

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 May 2022 1:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Raila Odinga yatangaje ko mu bikorwa bye byo kwiyamamariza kuyobora Kenya azakorana na Madamu Martha Wangari Karua. N’ubwo  icyizere cy’uko ari we uzatorwa gishobora kuraza amasinde, ariko kugeza ubu bivugwa ko Raila Odinga ari we uhabwa amahirwe yo kuzatsindira gusimbura Uhuru Kenyatta.

Amatora y’Umukuru w’igihugu muri Kenya azaba muri Kanama, 2022 .

Martha Wangari ni umunyapolitiki ariko wize n’amategeko.

Yigeze no kuba Minisitiri w’ubutabera ariko aza kwegura kuri uyu mwanya muri Mata, 2019.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Azwiho guharanira uburenganzira bw’abagore  kandi akemera ko Demukarasi igomba gitwimbatazwa mu miyoborere ya buri gihugu no muri Kenya by’umwihariko.

Mu mwaka wa 1991 uyu mugore yigeze guhabwa igikombe na Human Rights Watch  kubera guharanira uburenganzira bwa muntu.

TAGGED:AmatorafeaturedKenyaOdingaPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rugiye Gutangira Ubucuruzi Na Slovakia
Next Article Sergent Robert Kabera Yafashwe, Bivugwa Ko Hari Inyandiko Yafatanywe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?