Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ‘Kera Kabaye’ MONUSCO Igiye Kuva Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

‘Kera Kabaye’ MONUSCO Igiye Kuva Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 November 2023 8:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Bintu Keïta uhagarariye UN muri DRC yasinyanye amasezerano na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Christophe Lutundula akubiyemo uko ingabo za MONUSCO zigomba kuva muri DRC.

Impande zombi zemeranyije ko ikiciro cya mbere cy’izi ngabo kizava muri DRC mu Ukuboza, 2023.

Amasezerano avuga ko guhera mu kwezi gutaha, hazatangira uburyo buboneye, buri ku murongo kandi bushyize mu gaciro bw’uko izi ngabo zari zimaze imyaka ikabakaba 30 muri DRC, zizataha.

Arimo ingengabihe irambuye y’uko bizakorwa n’uruhare rwa buri wese urebya n’iki gikorwa.

Bintu Keïta asinyana na Lutundula aya masezerano

Itsinda rigizwe n’abo muri Guverinoma ya DRC ndetse n’abo muri MONUSCO niryo ryateguye inyandiko y’ibizakurikizwa muri iki gikorwa.

Aya masezerano asinywe nyuma y’uko Perezida Tshisekedi atangaje ko adashaka ingabo za UN mu gihugu cye.

Minisitiri Lutundula avuga ko kugenda kwa ziriya ngabo kuzaha igihugu cye uburyo bwo kwereka amahanga ko ari igihugu ‘kigenga’, gifite mu ntoki zacyo ibikiberamo byose.

Kugeza muri Gashyantare, 2023, abakozi ba MONUSCO bose hamwe bari abantu 17,753, muri abo abasirikare bakaba 12,000 n’abapolisi cyangwa abandi bakozi bagera 1,600.

Ibi kandi bitangajwe nta gihe kinini abaturage bamaganye izi ngabo, bazisaba ko zabavira ku butaka kuko icyo zananiwe mu myaka 25 ishize zitazagishobora mu gihe kiri imbere.

TAGGED:DRCfeaturedIngaboKeitaMONUSCOTshisekediUN
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Intambara Ya Israel Na Hamas Igiye Kuba Ihagaze
Next Article Ambasaderi Wa Misiri Yahaye Biruta Impapuro Zimwerera Gukorera Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?