Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kicukiro: Bataye Umwana Mu Cyobo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kicukiro: Bataye Umwana Mu Cyobo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 February 2023 9:37 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Uyu mwana w'imyaka icyenda Mukase yamutaye mu cyobo Imana ikinga akaboko
SHARE

Kuri uyu wa Gatatu taliki 08, Gashyantare, 2023 mu Mudugudu wa Biryogo, Akagari ka Cyimo mu Murenge wa Masaka muri Kicukiro umwana w’imyaka icyenda(9) yakuwe mu mwobo abawubonye bavuga ko ureshya na metero 15 bamutayemo.

Basanze ari muzima ariko yavunitse akaguru.

Amakuru avuga ko umwobo basanzemo uriya mwana uherereye mu rugo rw’uwitwa Bigabo.

Ni umwana w’umuhungu witwa Cedric akaba ari mwene Evariste Siborurema ariko ntagira Nyina ahubwo yarerwaga na Mukase.

Turacyagerageza kuvugana n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Masaka witwa Alfred Nduwayezu ngo agire icyo adutangariza kuri aya makuru ariko ntarafata telefoni ye.

Ihohoterwa rikorerwa abana ni kimwe mu bintu bintu bibahungabanya bakiri bato.

Hari abicwa, abakoreshwa imirimo ivunanye, abakorerwa iyicarubozo nk’uko byagendekeye uriya mwana, ababuzwa kwiga bagakoreshwa imirimo ivunanye n’ibindi.

Umuyobozi ushinzwe guhuza ibikorwa muri CLADHO witwa Evariste Murwanashyaka ufite n’inshingano zo kwita ku bana by’umwihariko avuga ko bikunze kugaragara ko abana barerwa na ba mukase bafatwa nabi.

Evariste Murwanashyaka ukora muri CLADHO

Asaba abayobozi mu z’ibanze ko bagomba kureba niba umwana runaka  abana na Mukase kubera ko ari ko urukiko rwategetse.

Ati: “ Inzego zikwiye kujya ziturebera niba ababyeyi barera abana ari ababo, zikareba niba umwana arerwa na Mukase kubera ko ari ko urukiko rwanzuye. Bakareba niba Nyina w’umwana ahari, bakanabaza impamvu atari kwa Nyina ahubwo akaba arererwa kwa Mukase.”

Murwanashyaka avuga ko amategeko avuga ko umwana aba agomba kubana n’umwe mu babyeyi( mu gihe batumvikana) ugaragara ko azamucungira umutekano akumubeshaho neza.

Yaboneyeho gusaba ko uriya mwana yazashyirwa Nyina akiriho aho kuguma kwa Mukase.

TAGGED:featuredIcyoboKicukiroMasakaUmwana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Musanze: Umurenge Wategetse Abahinzi Kurandura Imigozi Y’Ibijumba
Next Article Amerika Ihangayikishijwe N’Abacanshuro Muri Libya Na Sudani
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?